BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > KNC yarezwe muri FERWAFA

KNC yarezwe muri FERWAFA

sam
Last updated: July 10, 2025 2:56 pm
sam
Share
SHARE

Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yandikiwe ibaruwa n’uwahoze ari umukozi we Kabanda Serge amusaba kubaha amasezerano ndetse ahita amenyesha na FERWAFA.

Ni ibaruwa InyaRwanda ifitiye kopi, bikaba bigaragara ko yanditswe tariki 30 Kamena 2025. Muri iyi baruwa umukinnyi Kabanda Serge yanditse asaba ko KNC usanzwe ari umuyobozi wa Gasogi United, yakubahiriza ibikubiye mu masezerano y’akazi bagiranye ubwo uyu musore yemeraga gukinira iyi kipe. Ntitwabashije kubona uko tuvugana na KNC ku byo ashinjwa na Kabanda Serge.

Muri Gashyantare uyu mwaka ni bwo Iradukunda Kabanda Serge yahagaritswe mu ikipe ya Gasogi United mu buryo butavuzweho rumwe kuko yari yahagaritswe igihe kitazwi. Mu ibaruwa Kabanda yahaye FERWAFA, avuga ko nyuma yo guhagarikwa yakomeje kubahiriza inshingano z’ikipe gusa akemeza ko we hashize amezi 6 ikipe itamuhemba.

Ubusanzwe amategeko ya FIFA yo muri Kamena 2024 agaruka ku igura n’igurisha avuga ko umukinnyi wese w’umupira w’amaguru utishyuwe ibyo agombwa mu gihe giteganyijwe cyangwa cyumvikanyweho, yemerewe gusesa amasezerano ndetse akaba yakurikirana iyo kipe mu mategeko.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

El Ahli S.C Wad Madani yaritegerejwe mu Rwanda ntikije 

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yanze ubusabe bwa APR n’Amagaju ataranyuzwe n’imisifurire

2 Min Read
Imikino

Abakinnyi b’Amavubi bagiye kwishyurwa amadeni mbere yo guhura na Nigeria

2 Min Read
Imikino

APR Fc yongeye gutombora Pyramide Fc muri CAF Champions League

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?