BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Kiyovu yazanye rutahizamu ukomoka muri Afurika y’Epfo

Kiyovu yazanye rutahizamu ukomoka muri Afurika y’Epfo

admin
Last updated: August 4, 2022 10:39 am
admin
Share
SHARE

Rutahizamu ukomoka muri Afurika y’Epfo no muri Algéria, Riyaad Norodien, yageze mu Rwanda aho aje gusoza ibye na Kiyovu Sports agahita atangira akazi.

Riyaad Nordien yakiriwe na Alain-André utoza Kiyovu Sports

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, ni bwo rutahizamu Riyaad Norodien yasesekaye ku kibuga mpuzamahanga cy’indege i Kanombe, aho aje kurangiza ibiganiro bye na Kiyovu Sports.

Uyu musore w’imyaka 27 bivugwa ko yatumweho na Kiyovu Sports ndetse ibiganiro by’ibanze byarangiye hagati y’impande zombi, igisigaye ari ugusoza ibyanyuma ubundi agashyira umukono ku masezerano.

Uyu rutahizamu witezweho kongera imbaraga mu busatirizi bwa Kiyovu Sports, yakiniraga DCMP yo muri Répubulika Iharanira Demokarasi Congo yatojwe na Alain-André waje gutoza iyi kipe yo ku Mumena.

Amakuru yandi avuga ko uyu musore yaje gusimbura Sheiboub Sharaf ukomoka muri Sudan watandukanye na Kiyovu Sports, ndetse akaba azasinya bitarenze ku wa Gatanu w’iki Cyumweru.

Yakiniye amakipe arimo Orlando Pirates [2016-2018], Platinum Stars nk’intizanyo [2018], Cape Town City [2018-2020], Cape Umoya United [2020], Cape Town Spurs [2020-2021] na DCMP yaherukagamo mu 2021.

Riyaad ubwo yari ageze i Kanombe
Ni umusore witezweho kuzafasha Kiyovu Sports
Riyaad yakiniye Ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo mu bihe bitandukanye

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?