BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Kiyovu Sports yasohoye season ticket

Kiyovu Sports yasohoye season ticket

admin
Last updated: September 13, 2022 9:50 am
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports bwashyize itike y’umwaka mu byiciro bitandukanye uhereye ku bicara ahadatwikiriye kugeza mu myanya y’icyubahiro.

Abakunzi ba Kiyovu Sports bashyizwe igorora!

Uko iminsi yicuma, ni ko iterambere rikomeje gufata indi ntera mu bice bitandukanye birmo n’umupira w’amaguru.

Aho iterambere rigeze mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, ni ukugurisha itike y’umwaka yo kwinjira ku mikino ikipe runaka yakiriye.

Urucaca narwo ntabwo rwatanzwe muri iryo terambere kuko rwamaze gusohora itike y’umwaka [season ticket]. Iyi tike ikubiyemo ibyiciro bitandukanye.

Kwicara ahasanzwe hagizwe ibihumbi 30 Frw, ahatwikiriye hagirwa ibihumbi 80 Frw, mu cyubahiro ni ibihumbi 300 Frw na 500 Frw. Ibi bisobanuye ko umufana wa Kiyovu Sports uzaba yaraguze imwe muri aya matike azajya ayerekana ku mikino iyi kipe yakiriye ubundi akajya mu mwanya yagenewe.

Indi kipe yabanje iki gikorwa cyo gusohora itike y’umwaka, ni Rayon Sports inafite itike ya miliyoni 1 Frw.

Kugurira rimwe itike y’umwaka, bituma ikipe ibonera rimwe amafaranga yo kuyifasha mu gutegura gahunda zayo z’uwo mwaka.

Itike yo mu cyubahiro [VVIP] yindi yashyizwe ku bihumbi 800 Frw
Itike yo mu cyubahiro [VIP] imwe yashyizwe ku bihumbi 300 Frw

Itike yo kwicara ahatwikiriye yashyizwe ku bihumbi 80 Frw
Itike yo kwicara ahasanzwe yashyizwe ku bihumbi 30 Frw ku mwaka

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?