BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

admin
Last updated: November 12, 2025 7:55 pm
admin
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo, cyane cyane mu Murenge wa Nyamaboko wo muri Gurupoma ya Osso-Banyungu.

Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, imidugudu ya Ngululu na Kataandwa niyo yibasiwe cyane n’imirwano, impande zombi zivuga ko zigaruriye ibice: Wazalendo yigaruriye Umudugudu wa Mulema, mu gihe AFC / M23 yigaruriye Umudugudu wa Karere, uherereye nko mu birometero 3 uvuye muri Centre ya Kazinga.

Hagati aho, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, mu mujyi wa Mwesso hari hatuje, nyuma y’ijoro ryumvikanyemo amasasu yateye ubwoba abaturage nk’uko bitangazwa na Radio Okapi.

Biravugwa ko Inyeshyamba za AFC / M23 zarashe mu kirere nyuma yo kumenya urupfu rw’umwe mu basirikare bakuru ba yo, wiciwe mu gico cya Wazalendo ku muhanda wa Mokoto-Kibarizo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

DRC:Kivu y’Amajyepfo yaramukiyemo urufaya rw’amasasu

2 Min Read
Umutekano

Ibigo mpuzamahanga bikora intwaro byacuruje arenga miliyari 679$ mu 2024.

3 Min Read
Umutekano

U Rwanda rwaganiriye n’abajyanama mu bya gisirikare bahagarariye ibihugu byabo i Kigali

2 Min Read
Umutekano

Imirwano ikomeye ya FARDC na M23 yumvikanue muri Nyabiondo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?