BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

admin
Last updated: November 12, 2025 7:55 pm
admin
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo, cyane cyane mu Murenge wa Nyamaboko wo muri Gurupoma ya Osso-Banyungu.

Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, imidugudu ya Ngululu na Kataandwa niyo yibasiwe cyane n’imirwano, impande zombi zivuga ko zigaruriye ibice: Wazalendo yigaruriye Umudugudu wa Mulema, mu gihe AFC / M23 yigaruriye Umudugudu wa Karere, uherereye nko mu birometero 3 uvuye muri Centre ya Kazinga.

Hagati aho, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, mu mujyi wa Mwesso hari hatuje, nyuma y’ijoro ryumvikanyemo amasasu yateye ubwoba abaturage nk’uko bitangazwa na Radio Okapi.

Biravugwa ko Inyeshyamba za AFC / M23 zarashe mu kirere nyuma yo kumenya urupfu rw’umwe mu basirikare bakuru ba yo, wiciwe mu gico cya Wazalendo ku muhanda wa Mokoto-Kibarizo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

AFC/M23 yemeje ko yafashe umujyi wa Uvira  

1 Min Read
Umutekano

Ibintu byahinduye isura muri Uvira, yagezwemo na AFC/M23

4 Min Read
Umutekano

Abarwanyi ba M23 bageze mu bilometero 30 basatira umujyi wa Uvira 

1 Min Read
Umutekano

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?