BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Igikombe cy’Amahoro twakigize icyacu – Casa Mbungo

Igikombe cy’Amahoro twakigize icyacu – Casa Mbungo

admin
Last updated: August 12, 2022 11:58 pm
admin
Share
SHARE

Umutoza mukuru wa AS Kigali, Casa Mbungo André, yongeye kwibutsa abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda ko ikipe abereye umutoza ari yo ifite umwihariko ku gikombe cy’Amahoro.

Casa Mbungo yashimangiye ko igikombe cy’Amahoro ari icya AS Kigali nta kabuza

Ibi uyu mutoza yavuze yabihereye ku kuba amaze guhesha iyi kipe y’Umujyi wa Kigali ibikombe bibiri by’Amahoro wenyine, muri bine ikipe ibitse.

Casa uzwiho kudahusha igikombe cy’Amahoro iyo yageze ku mukino wa nyuma, yongeye kurangurura ijwi rye yibutsa ko iki gikombe yakigize icye n’ikipe atoza.

Ati “Igikombe cy’Amahoro cyo ni icyacu ahubwo reka dushake na shampiyona kandi hamwe n’ubufatanye birashoboka byose.”

Uyu mutoza azwiho kugira ishyaka ryo gushaka intsinzi mu ikipe iyo ari yo yose atoza, cyane ko mu myaka ishize ubwo yari muri Kiyovu Sports yafashije abakunzi b’iyi kipe gukuraho igisuzuguriro maze atsinda iyi kipe y’Ingabo igitego 1-0 mu mukino wabereye ku Mumena.

Igikombe cy’Amahoro AS Kigali iheruka kwegukana, yatsinze APR FC ku mukino wa nyuma igitego 1-0.

Mbungo azwiho kumenya kwiga neza umutoza bazahura

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?