BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Igikombe cy’Amahoro twakigize icyacu – Casa Mbungo

Igikombe cy’Amahoro twakigize icyacu – Casa Mbungo

admin
Last updated: August 12, 2022 11:58 pm
admin
Share
SHARE

Umutoza mukuru wa AS Kigali, Casa Mbungo André, yongeye kwibutsa abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda ko ikipe abereye umutoza ari yo ifite umwihariko ku gikombe cy’Amahoro.

Casa Mbungo yashimangiye ko igikombe cy’Amahoro ari icya AS Kigali nta kabuza

Ibi uyu mutoza yavuze yabihereye ku kuba amaze guhesha iyi kipe y’Umujyi wa Kigali ibikombe bibiri by’Amahoro wenyine, muri bine ikipe ibitse.

Casa uzwiho kudahusha igikombe cy’Amahoro iyo yageze ku mukino wa nyuma, yongeye kurangurura ijwi rye yibutsa ko iki gikombe yakigize icye n’ikipe atoza.

Ati “Igikombe cy’Amahoro cyo ni icyacu ahubwo reka dushake na shampiyona kandi hamwe n’ubufatanye birashoboka byose.”

Uyu mutoza azwiho kugira ishyaka ryo gushaka intsinzi mu ikipe iyo ari yo yose atoza, cyane ko mu myaka ishize ubwo yari muri Kiyovu Sports yafashije abakunzi b’iyi kipe gukuraho igisuzuguriro maze atsinda iyi kipe y’Ingabo igitego 1-0 mu mukino wabereye ku Mumena.

Igikombe cy’Amahoro AS Kigali iheruka kwegukana, yatsinze APR FC ku mukino wa nyuma igitego 1-0.

Mbungo azwiho kumenya kwiga neza umutoza bazahura

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?