BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Igihe amashuri azatangira cyamenyekanye

Igihe amashuri azatangira cyamenyekanye

admin
Last updated: September 9, 2022 5:10 pm
admin
Share
SHARE

Ministeri y’Uburezi yatangaje ko ingengabihe y’Umwaka w’Amashuri wa 2022-2023 izatangira tariki 26 Nzeri, 2022.

Amashuri azatangira ku ya 26 Nzeri, 2022

Itangazo rivuga ibijyanye n’ingengabihe y’amashuri y’umwaka 2022-2023 rivuga ko amashuri azatangira tariki 26 Nzeri, igihembwe cya mbere kirangire tariki 23 Ukuboza, 2022.

Umwanya w’ibiruhuko by’igihembwe cya mbere ni kuva tariki 24 Ukuboza kugeza kuya 7 Mutarama, 2023.

Igihembwe cya kabiri kizatangira ku ya 08 Mutarama, kurangire kuya 31 Werurwe, 2023. Ibiruhuko by’igihembwe cya kabiri bizaba ku ya 01 Mata, kugeza ku ya 16 Mata, 2023.

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko igihembwe cya gatatu kizatangira ku ya 17 Mata gisozwe ku ya 14 z’ukwezi kwa karindwi mu mwaka wa 2023.

Ibizamini bisoza amashuri abanza bizakorwa ku ya 17 Nyakanga kugeza kuya 19 Nyakanga, 2023. Ibizamini byo mu mashuri yisumbuye Tronc-commun kimwe n’ibyo mu mashuri yigisha imyuga bizakorwa ku ya 25 Nyakanga, kugeza ku ya 04 z’ukwezi kwa munani mu mwaka wa 2023.

Ministeri y’Uburezi yavuze ko igihe cyo gutangira ku banyeshuri bo mu mashuri yisumbuye, umwaka wa mbere (Senior 1), no mu mwaka wa kane (Senior 4) kimwe no mu mashuri y’imyuga (Level 3, TVET) kizamenyeshwa nyuma.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?