BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

admin
Last updated: November 6, 2025 12:20 pm
admin
Share
SHARE

Umusifuzi uri mu bakiri bato  Kayitare David, ni we wahawe gusifura umukino utegerejwe na benshi wa APR FC na Rayon Sports.

Ku wa Gatandatu saa Cyenda ni bwo ikipe ya APR FC izakira Rayon Sports mu mukino wo ku mumsi wa karindwi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 muri Stade Amahoro.

Umusifuzi uzaba ari hagati ni Kayitare David, uwo ku ruhande wa mbere ni Dieudonne Mutuyimana, mu gihe uwa kabiri wo ku ruhande ari Ishimwe Didier. Umusifuzi wa kane ni Isia’q Nizeyimana.

Kayitare David uzaba ari umusifuzi wa mbere ni ubwa mbere agiye gusifura uyu mukino dore ko atari yaba na mpuzamahanga. Uyu musifuzi ukiri muto gusa akaba atanga icyizere ni umwaka wa kabiri asifura mu cyiciro cya mbere nyuma y’uko avuye mu cya kabiri.

Kayitare David ahawe gusifura umukino wa APR FC na Rayon Sports nyuma y’uko abasanzwe ari mpuzamahanga harimo abadahari mu gihe Ishimwe Claude ‘Cucuri’ ari mu bihano.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umushinjacyaha w’i Burundi yahunze Igihugu nyuma yuko konti ye itahuweho amafaranga menshi

Umushinjacyaha wo ku rwego rw’Igihugu mu Burundi, amaze iminsi ahungiye muri Tanzania,…

Umusizi Saranda ari mu gahinda ko gupfusha mama we

Umusizi akaba n’umukinnyi wa Filime nyarwanda Umutoni Saranda ari mu gahinda ko…

Gisozi :Mu ishyamba habonetse umurambo w’uwo bikekwa ko yishwe 

Mu ishyamba riherereye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo mu…

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

Umusifuzi uri mu bakiri bato  Kayitare David, ni we wahawe gusifura umukino…

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

Element uri mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, agiye guhurira na…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
Imikino

El Ahli S.C Wad Madani yaritegerejwe mu Rwanda ntikije 

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yanze ubusabe bwa APR n’Amagaju ataranyuzwe n’imisifurire

2 Min Read
Imikino

Abakinnyi b’Amavubi bagiye kwishyurwa amadeni mbere yo guhura na Nigeria

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?