BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Hamas yahaye Israel imbohe ebyiri zapfuye

Hamas yahaye Israel imbohe ebyiri zapfuye

admin
Last updated: October 16, 2025 3:46 pm
admin
Share
SHARE

Ingabo za Israel zatangaje ko umutwe wa Hamas woherereje iki gihugu imirambo ibiri y’imbohe z’abantu bari bafashwe bugwate, bituma umubare w’abamaze koherezwa bapfuye ugera ku icyenda muri iki cyiciro.

Umutwe wa Hamas kurekura Abanya-Israel 20 bazima ku wa Mbere, mu gihe Israel yo yafunguye imfungwa zibarirwa mu 2000 z’Abanyapalestine binyuze mu masezerano yagizwemo uruhare na Amerika, Qatar na Turikiya.

Ku wa Kabiri Hamas yoherereje Israel abandi barindwi ariko bapfuye, nyuma Israel ivuga ko harimo umwe utari uwayo w’umunyapalestine.

Abo babiri Hamas yahaye Israel mu ijoro ryo ku wa Gatatu, babanje gupimwa harebwa ibimenyetso bya gihanga, basanga umwe yitwa Inbar Haiman undi ari Muhammad el-Atrash.

Aba bose bishwe ku wa 7 Ukwakira 2023, imirambo yabo ijyanwa n’abarwanyi muri Gaza.

Hamas yavuze ko yarekuye imbohe nzima zose yari isigaranye yohereza n’imirambo y’abandi bishwe yashoboye kugeraho.

Ni mu gihe ingabo za Israel zo zavuze ko Hamas igomba kohereza n’abandi 28 bishwe, cyangwa ku bufatanye na Amerika “hagasubukurwa ibitero kugira ngo hagerwe ku ntego yo gutsinda burundu Hamas, kuzana impinduka muri Gaza, no kugera ku ntego zose z’urugamba.”

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Babiri bapfiriye mu myigaragambyo ku mupaka wa Tanzania na Kenya

3 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Kongera gutsindira Manda ya munani kwa Paul Biya byateje imvururu zahitanye ubuzima bw’abatari bake

2 Min Read
Mu mahanga

Uwari Minisitiri w’Intebe muri Mali yakatiwe imyaka ibiri kubera ibyo yanditse ku mbuga nkoranyambaga

2 Min Read
Mu mahanga

Ntitwakwemera gukubitwa  urushyi ngo dutege undi musaya- Gen Ekenge  

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?