BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Hakim Ziyech yagarutse mu kipe y’Igihugu ya Maroc

Hakim Ziyech yagarutse mu kipe y’Igihugu ya Maroc

admin
Last updated: September 12, 2022 1:56 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma y’amezi arindwi gusa asezeye mu ikipe y’Igihugu ya Maroc, Hakim Ziyech w’imyaka 29 yemeye kongera kuyigarukamo nyuma yo kubisabwa na Leta y’igihugu cye.

Hakim Ziyech yemeye kugaruka mu ikipe y’Igihugu ya Maroc

Impamvu yakunze kugarukwaho yatumye Hakim Ziyech asezera mu ikipe y’Igihugu, ni ugushinjwa ububeshyi n’uwari umutoza mukuru w’iyi kipe, Vahid Halilhodzic wanirukanywe.

Icyo gihe Vahid yari yavuze ko uyu mukinnyi yabeshye ko yavunitse kugira ngo ataza kwitabira ubutumire bw’ikipe y’Igihugu ya Maroc. Hakim aheruka gukinira ikipe ye y’gihugu muri Kamena 2021 ubwo bakina na Burkina Faso.

Nyuma yo kwirukanwa kw’uyu mutoza, Hakim yahise atangaza ko yiteguye kongera gukinira ikipe y’Igihugu ye.

Maroc iri mu bihugu bitanu byo ku mugabane wa Afurika, bizitabira imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi izabera muri Qatar mu Ugushyingo uyu mwaka.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?