BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Mar 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Hakim Ziyech yagarutse mu kipe y’Igihugu ya Maroc

Hakim Ziyech yagarutse mu kipe y’Igihugu ya Maroc

admin
Last updated: September 12, 2022 1:56 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma y’amezi arindwi gusa asezeye mu ikipe y’Igihugu ya Maroc, Hakim Ziyech w’imyaka 29 yemeye kongera kuyigarukamo nyuma yo kubisabwa na Leta y’igihugu cye.

Hakim Ziyech yemeye kugaruka mu ikipe y’Igihugu ya Maroc

Impamvu yakunze kugarukwaho yatumye Hakim Ziyech asezera mu ikipe y’Igihugu, ni ugushinjwa ububeshyi n’uwari umutoza mukuru w’iyi kipe, Vahid Halilhodzic wanirukanywe.

Icyo gihe Vahid yari yavuze ko uyu mukinnyi yabeshye ko yavunitse kugira ngo ataza kwitabira ubutumire bw’ikipe y’Igihugu ya Maroc. Hakim aheruka gukinira ikipe ye y’gihugu muri Kamena 2021 ubwo bakina na Burkina Faso.

Nyuma yo kwirukanwa kw’uyu mutoza, Hakim yahise atangaza ko yiteguye kongera gukinira ikipe y’Igihugu ye.

Maroc iri mu bihugu bitanu byo ku mugabane wa Afurika, bizitabira imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi izabera muri Qatar mu Ugushyingo uyu mwaka.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?