BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 18, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Hakim Ziyech yagarutse mu kipe y’Igihugu ya Maroc

Hakim Ziyech yagarutse mu kipe y’Igihugu ya Maroc

admin
Last updated: September 12, 2022 1:56 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma y’amezi arindwi gusa asezeye mu ikipe y’Igihugu ya Maroc, Hakim Ziyech w’imyaka 29 yemeye kongera kuyigarukamo nyuma yo kubisabwa na Leta y’igihugu cye.

Hakim Ziyech yemeye kugaruka mu ikipe y’Igihugu ya Maroc

Impamvu yakunze kugarukwaho yatumye Hakim Ziyech asezera mu ikipe y’Igihugu, ni ugushinjwa ububeshyi n’uwari umutoza mukuru w’iyi kipe, Vahid Halilhodzic wanirukanywe.

Icyo gihe Vahid yari yavuze ko uyu mukinnyi yabeshye ko yavunitse kugira ngo ataza kwitabira ubutumire bw’ikipe y’Igihugu ya Maroc. Hakim aheruka gukinira ikipe ye y’gihugu muri Kamena 2021 ubwo bakina na Burkina Faso.

Nyuma yo kwirukanwa kw’uyu mutoza, Hakim yahise atangaza ko yiteguye kongera gukinira ikipe y’Igihugu ye.

Maroc iri mu bihugu bitanu byo ku mugabane wa Afurika, bizitabira imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi izabera muri Qatar mu Ugushyingo uyu mwaka.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yahinduye isura mu nkengero za Point Zero

Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu bice bya Minembwe,…

Wazalendo basubiranyemo babiri bahasiga ubuzima

Intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zikomeje guhindura…

Imyigaragambyo ku Kibuga cy’Indege cya Nairobi yatumye indege zitinda

Imyigaragambyo y’abakozi ku kibuga cy’indege gikuru cya Kenya, giherereye mu murwa mukuru…

Inyubako y’ubucuruzi mu Mujyi wa Gisenyi yahiye irakongoka n’ibyarimo byose

Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako iherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka…

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

Umunyamakuru Ndayishimiye Reagan uzwi nka Rugaju Reagan yasabye imbabazi ku butumwa yagaragayemo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?