BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Hakim Ziyech yagarutse mu kipe y’Igihugu ya Maroc

Hakim Ziyech yagarutse mu kipe y’Igihugu ya Maroc

admin
Last updated: September 12, 2022 1:56 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma y’amezi arindwi gusa asezeye mu ikipe y’Igihugu ya Maroc, Hakim Ziyech w’imyaka 29 yemeye kongera kuyigarukamo nyuma yo kubisabwa na Leta y’igihugu cye.

Hakim Ziyech yemeye kugaruka mu ikipe y’Igihugu ya Maroc

Impamvu yakunze kugarukwaho yatumye Hakim Ziyech asezera mu ikipe y’Igihugu, ni ugushinjwa ububeshyi n’uwari umutoza mukuru w’iyi kipe, Vahid Halilhodzic wanirukanywe.

Icyo gihe Vahid yari yavuze ko uyu mukinnyi yabeshye ko yavunitse kugira ngo ataza kwitabira ubutumire bw’ikipe y’Igihugu ya Maroc. Hakim aheruka gukinira ikipe ye y’gihugu muri Kamena 2021 ubwo bakina na Burkina Faso.

Nyuma yo kwirukanwa kw’uyu mutoza, Hakim yahise atangaza ko yiteguye kongera gukinira ikipe y’Igihugu ye.

Maroc iri mu bihugu bitanu byo ku mugabane wa Afurika, bizitabira imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi izabera muri Qatar mu Ugushyingo uyu mwaka.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?