BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Gsb na Glory Majesty bikomye abashinga ijosi ku baraperi nyarwanda -VIDEO

Gsb na Glory Majesty bikomye abashinga ijosi ku baraperi nyarwanda -VIDEO

admin
Last updated: January 3, 2023 2:05 pm
admin
Share
SHARE

Babinyujije mu ndirimbo nshya ‘Revenge’, Gsb Kiloz yakoranye n’umuraperi Groly Majesty bikomye abashinga ijosi bagasuzugura umuziki w’abaraperi n’abahanzi nyarwanda.

Umuraperi Gsb Kiloz na mugenzi we Glory Majesty bahuriye mu ndirimbo nshya “Revenge”

Ni indirimbo yumvikanamo amagambo akakaye, aba bahanzi berekana inzitane n’ivangura bahura naryo mu gukina ibihangano byabo no gutumirwa mu bitaramo bitandukanye.

Buri wese muri iyi ndirimbo aba yumvikanisha ukuntu urugendo rw’umuziki rwamuhetamishije ibitugu mu gihe hari bagenzi babo bashyirirwa ku isahani buri kimwe bo imyaka ikihirika bicira isazi mu jisho.

Kimwe mu byo aba bahanzi bagarutseho kandi gikunze kugarukwaho, harimo gusuzuguza abaraperi bakora Hi Hop yitsa ku buzima bwa rubanda rugufi.

Mu bisa n’ubushotoranyi bweruye bibasira bagenzi babo baharawe n’abiganjemo urubyiruko na bamwe mu banyamakuru babashyize ku ibere bagasiga icyasha abakora icyo bita “Hip Hop yo ku muhanda.”

Ni indirimbo yakiranywe yombi mu bakunzi b’umuziki, unyujije amaso mu bitekerezo byayitanzweho kuri youtube benshi bagaragaje ko aba bahanzi bakwiye guhabwa rugali mu ruhando rwa muzika nyarwanda.

Yakozwe mu buryo bw’amajwi na Nexus nyiri Good Kind Music inonosorwa na Bob Pro mu gihe amashusho yayo yafashwe anatunywa na MU.

Reba amashusho y’indirimbo “Revenge” ya Gsb Kiloz ft Glory Majesty

Iraguha Lando Fils uzwi nka Gsb Kiloz mu muziki ntakozwa iby’udukundi dushyira ku ibere bamwe tugapyinagaza abandi
Glory Majesty uzwiho kutarya iminwa yifatiye kugakanu ababyinagaza Hip Hop y’umwimerere

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Imyidagaduro

Urubanza rw’abakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano atera akabariro rwasubitswe

2 Min Read
Imyidagaduro

Abambere basakaje amashusho ya Yampano bagejejwe imbere y’urukiko

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?