BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Gsb na Glory Majesty bikomye abashinga ijosi ku baraperi nyarwanda -VIDEO

Gsb na Glory Majesty bikomye abashinga ijosi ku baraperi nyarwanda -VIDEO

admin
Last updated: January 3, 2023 2:05 pm
admin
Share
SHARE

Babinyujije mu ndirimbo nshya ‘Revenge’, Gsb Kiloz yakoranye n’umuraperi Groly Majesty bikomye abashinga ijosi bagasuzugura umuziki w’abaraperi n’abahanzi nyarwanda.

Umuraperi Gsb Kiloz na mugenzi we Glory Majesty bahuriye mu ndirimbo nshya “Revenge”

Ni indirimbo yumvikanamo amagambo akakaye, aba bahanzi berekana inzitane n’ivangura bahura naryo mu gukina ibihangano byabo no gutumirwa mu bitaramo bitandukanye.

Buri wese muri iyi ndirimbo aba yumvikanisha ukuntu urugendo rw’umuziki rwamuhetamishije ibitugu mu gihe hari bagenzi babo bashyirirwa ku isahani buri kimwe bo imyaka ikihirika bicira isazi mu jisho.

Kimwe mu byo aba bahanzi bagarutseho kandi gikunze kugarukwaho, harimo gusuzuguza abaraperi bakora Hi Hop yitsa ku buzima bwa rubanda rugufi.

Mu bisa n’ubushotoranyi bweruye bibasira bagenzi babo baharawe n’abiganjemo urubyiruko na bamwe mu banyamakuru babashyize ku ibere bagasiga icyasha abakora icyo bita “Hip Hop yo ku muhanda.”

Ni indirimbo yakiranywe yombi mu bakunzi b’umuziki, unyujije amaso mu bitekerezo byayitanzweho kuri youtube benshi bagaragaje ko aba bahanzi bakwiye guhabwa rugali mu ruhando rwa muzika nyarwanda.

Yakozwe mu buryo bw’amajwi na Nexus nyiri Good Kind Music inonosorwa na Bob Pro mu gihe amashusho yayo yafashwe anatunywa na MU.

Reba amashusho y’indirimbo “Revenge” ya Gsb Kiloz ft Glory Majesty

Iraguha Lando Fils uzwi nka Gsb Kiloz mu muziki ntakozwa iby’udukundi dushyira ku ibere bamwe tugapyinagaza abandi
Glory Majesty uzwiho kutarya iminwa yifatiye kugakanu ababyinagaza Hip Hop y’umwimerere

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Imyidagaduro

Umusizi Saranda ari mu gahinda ko gupfusha mama we

1 Min Read
Imyidagaduro

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?