
Bahise bamenyesha inzego z’umutekano n’Ubugenzacyaha kugira ngo hakorwe iperereza kuri urwo rupfu.
Gitifu Rusizana yagize ati” Nibyo ababishinzwe bari gukora iperereza baraza kutubwira.”
Uyu muyobozi avuga ko nta bikomere yasanganywe icyakora bikekwa ko yishwe.
Urwego rw’Ubugenzacyaha rwahise rutangira iperereza kuri urwo rupfu kugira ngo hamenyekanye ubiri inyuma.
UMUSEKE.RW i Gicumbi
Amaperereza akorwa yabantu bishwe, mujye mudutangariza ibyo yagezeho kuko abantu nibaza ko haheruka hakorwa iperereza
Impfu za harto na hato ko numva zigwiriye.