BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Nov 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Iyobokamana > Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

admin
Last updated: November 13, 2025 4:42 am
admin
Share
SHARE

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w’abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare waguyemo batandatu abandi bagakomereka.

Byatangajwe N’umuyobozi w’agateganyo ushinzwe itumanaho mu gisirikare cya Ghana Evelyn Asamoah ku wa 12 Ugushyingo 2025.

Evelyn yavuze ko uyu muvundo watewe n’ubwiyongere bw’abashaka kwinjira mu gisirikare dore ko byatangiye kwinjira muri stadium El-Wak Sports Stadium kuva saa munani za mu gitondo

Nkuko bigaragazwa n’amashusho yagiye asakara ku mbuga nkoranyambaga abashaka kwitabira imyitozo ya gisirikare bari benshi bituma binjira mu kavuyo abagera kuri batandatu bahasiga ubuzima.

Evelyn yagize ati“Abakomeretse bahise bajyanwa mu bitaro bya bya 37 Military Hospital kugira ngo bahabwe ubutabazi bw’ibanze ndetse ingabo za Ghana ziri gukora ibishoboka byose kugira ngo zite kubagizweho ingaruka n’ibyabaye. Haracyari gukorwa imyiteguro kandi yo kumenyesha imiryango y’ababuze ababo.”

Ubuyobozi bw’igisirikare cya Ghana bwihanganishije imiryango yaburiye ababo muri uyu muvundo bagaragaza ubushake bwo kurinda no kurwanirira igihugu cyabo.

Igisirikare cya Ghana kimaze igihe gihanganye n’ibyihebe by’abarwanyi babajihadists cyane cyane mu agace k’amajyaruguru ku mupaka na Burkina Faso.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umukozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuziranenge na nyiri Uruganda rw’inzoga batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umugenzuzi mu Kigo…

Indege yarimo abarimo Minisitiri muri Congo yakoze impanuka

Indege yarimo intumwa ziyobowe na Minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri DRC wari…

Perezida Tshisekedi wa DRCongo na Ndayishimiye w’u Burundi binjiye mu bundi bufatanye nyuma y’ibya gisirikare

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yakiriye mugenzi we…

Musanze: Polisi yafunze uwengaga umutobe wiswe ‘Ndakubiwe’, imena litiro 80 zawo

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, ku bufatanye n’abaturage bo mu Murenge…

Ruhango: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho ubujura bw’insinga z’amashanyarazi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango ku bufatanye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

1 Min Read
Mu mahanga

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

3 Min Read
Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?