BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Gen Muhoozi yagaragaje ko ibiruhuko bye azabikorera mu Rwanda

Gen Muhoozi yagaragaje ko ibiruhuko bye azabikorera mu Rwanda

admin
Last updated: October 14, 2022 11:24 am
admin
Share
SHARE

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni uherutse kwambara ipeti rya General Full yavuze ko ibyo avuga noneho bizaba impamo, akaba yateguje Abanyarwanda ko azakorera ibiruhuko bye mu Rwanda.

Gen Muhoozi Kainerugaba n’umufasha we Charlotte Kainerugaba

Yagize ati “Ntabwo nzongera kubatenguha, ariko ibyo niyemeje ku Rwanda ntibihinduka! Icyago cy’u Rwanda ni n’icyago kuri Uganda.”

Gen Muhoozi avuga ko akumbuye “Uncle” ashaka kuvuga Perezida Paul Kagame.

Ati “Ibiruhuko nzabikorera mu rwuri rwe. Nzaragira Inyambo, mwigireho korora.”

Mu butumwa yaraye ashyize kuri Twitter, Muhoozi yagaragaje ko anasabye imbabazi Perezida wa Kenya William Ruto.

Hari hashize iminsi amagambo ye kuri Twittwe, y’uko ingabo za Uganda bitazisaba ibyumweru bibiri ngo zibe zifashe Nairobi, avugishije benshi cyane Abanya-Kenya babifashe nk’agasuzuguro·

Aya magambo ya Muhoozi yatumye Uganda isaba imbabazi mu ibaruwa, na Perezida Museveni ubwe asaba imbabazi Kenya.

Ndetse byatumye Muhoozi akurwa ku mwanya w’umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda.

Kuri Twitter yagize ati “Nta kibazo nigez engirana na Afande Ruto. Niba narakosheje aho ariho hose, ndamusaba kumbabarira nk’umuhungu we.”

Gen Muhoozi bamwe babona ko ashobora kuba ari we uzasimbura Perezida Yoweri Museveni, yavuze ko uruzinduko rwe ruzakurikiraho azarukorera muri Tanzania, aho yita ku ivuko.

Mbere y’uko akurwa ku mwanya yariho mu buyobozi bw’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi yari yavuze ko “vuba azasura u Rwanda”, ariko urwo ruzinduko rwe ntirwabaye.

Gen Muhoozi arategura uruzinduko mu Rwanda

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • muvandimwe says:
    October 14, 2022 at 12:58 pm

    politike ntisanzwe impamvu yatutsekenya bwari uburyo bwo kugirango ahindurwe genelar

    Reply
  • muvandimwe says:
    October 14, 2022 at 12:58 pm

    politike ntisanzwe impamvu yatutsekenya bwari uburyo bwo kugirango ahindurwe genelar

    Reply
  • Pingback: Umuhungu wa Perezida Museveni yaje mu biruhuko mu Rwanda – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Hagiye kuba inama Yiga Uko Isi Yose Yakwemera Leta Ya Palestine nk’igihugu

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yanenze Radio Okapi n’ibindi bitangazamakuru bibogamira ku nkuru ziyisebya 

3 Min Read
Mu mahanga

Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One

1 Min Read
Mu mahanga

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?