BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > FERWAFA yatangaje uko amakipe azahura, Rayon Sports na APR FC ni ku munsi wa 14

FERWAFA yatangaje uko amakipe azahura, Rayon Sports na APR FC ni ku munsi wa 14

admin
Last updated: August 8, 2022 3:48 pm
admin
Share
SHARE

Uko amakipe azahura mu mikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere byatangajwe, APR FC umukino wayo wa mbere izahura na Musanze FC ku kibuga cya Kigali, i Nyamirambo.

Rayon Sports na APR FC uba ari umukino uhagurutsa benshi

Imikono y’umunsi wa mbere iteganyijwe tariki 19-20 Kanama, 2022. Rayon Sports izakina ku Cyumweru tariki 20 Kanama, 2022 izaba yakiriye Rutsiro FC.

Umukino ushobora kuvugwaho cyane Gasogi United izakina na Mukura VS&L i Kigali i Nyamirambo.

Police FC izakina na Rayon Sports ku mukino wa kabiri wa Shampiyona, ku mukino wa gatatu ihure na APR FC.

Tariki 11 Ukwakira, 2022 Rayon Sports izakina na As Kigali hazaba ari ku munsi wa Gatanu wa Shampiyona. Ku munsi wa Gatandatu wa Shampiyona As Kigali izahita ikurikizaho APR FC.

Kiyovu Sports izakira Rayon Sports ku munsi wa kenda wa Shampiyona, ku munsi wa 10 Kiyovu yakirwe na APR FC.

Ku munsi wa 14 wa Shampiyona Rayon Sports izakira APR FC, ku munsi wa 15 wa Shampiyona Rayon Sports izakurikizaho Gasogi United.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Pingback: Etincelles FC irahumeka umwuka wa nyuma, nta gikozwe umukino wa mbere irarya mpaga – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?