BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > FERWAFA yatangaje uko amakipe azahura, Rayon Sports na APR FC ni ku munsi wa 14

FERWAFA yatangaje uko amakipe azahura, Rayon Sports na APR FC ni ku munsi wa 14

admin
Last updated: August 8, 2022 3:48 pm
admin
Share
SHARE

Uko amakipe azahura mu mikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere byatangajwe, APR FC umukino wayo wa mbere izahura na Musanze FC ku kibuga cya Kigali, i Nyamirambo.

Rayon Sports na APR FC uba ari umukino uhagurutsa benshi

Imikono y’umunsi wa mbere iteganyijwe tariki 19-20 Kanama, 2022. Rayon Sports izakina ku Cyumweru tariki 20 Kanama, 2022 izaba yakiriye Rutsiro FC.

Umukino ushobora kuvugwaho cyane Gasogi United izakina na Mukura VS&L i Kigali i Nyamirambo.

Police FC izakina na Rayon Sports ku mukino wa kabiri wa Shampiyona, ku mukino wa gatatu ihure na APR FC.

Tariki 11 Ukwakira, 2022 Rayon Sports izakina na As Kigali hazaba ari ku munsi wa Gatanu wa Shampiyona. Ku munsi wa Gatandatu wa Shampiyona As Kigali izahita ikurikizaho APR FC.

Kiyovu Sports izakira Rayon Sports ku munsi wa kenda wa Shampiyona, ku munsi wa 10 Kiyovu yakirwe na APR FC.

Ku munsi wa 14 wa Shampiyona Rayon Sports izakira APR FC, ku munsi wa 15 wa Shampiyona Rayon Sports izakurikizaho Gasogi United.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Pingback: Etincelles FC irahumeka umwuka wa nyuma, nta gikozwe umukino wa mbere irarya mpaga – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?