BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Étienne watandukanye na Bugesera aravugwa mu Intamba mu Rugamba

Étienne watandukanye na Bugesera aravugwa mu Intamba mu Rugamba

admin
Last updated: January 10, 2023 6:22 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gutandukana na Bugesera FC, Umutoza w’Umunyarwanda unafite Ubwenegihugu bw’u Burundi, Ndayirangije Étienne ari mu muryango winjira mu ikipe y’Igihugu y’u Burundi y’umupira w’amaguru [Intamba mu Rugamba].

Ndayirangije Étienne ashobora gutoza Intamba mu Rugamba

Mu masaha make ashize, ni bwo ikipe ya Bugesera FC ibicishije ku mbuga nkoranyambaga za yo, yatangaje ko yatandukanye na Ndayiragije Étienne biciye mu bwumvikane bw’impande zombi.

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko Ndayiragije ashobora guhabwa ikipe y’igihugu, Intamba mu Rugamba, asimbuye mugenzi we, Ndayizeye Jimmy usanzwe atoza Le Messager Ngozi.

N’ubwo kugeza ubu bitaratangazwa n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri iki gihugu, amakuru ahaturuka avuga ko uyu mutoza yamaze kwemezwa igisigaye ari ukubitangaza gusa.

Mu gihe havugwa ibi byose ariko, uyu mutoza we arahakana aya makuru nk’uko yabyemereye UMUSEKE, ndetse avuga ko ari amakuru y’ibihuha.

Abari hafi y’uyu mutoza bahamya ko yifuzwa n’ikipe irenze imwe, ndetse byanashoboka yanasubira mu gihugu cya Tanzania yahoze atoza.

Ati “Ni ibihuha.”

Ndayiragije yasize Bugesera FC ku mwanya wa 12 n’amanota 18.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?