BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Étienne watandukanye na Bugesera aravugwa mu Intamba mu Rugamba

Étienne watandukanye na Bugesera aravugwa mu Intamba mu Rugamba

admin
Last updated: January 10, 2023 6:22 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gutandukana na Bugesera FC, Umutoza w’Umunyarwanda unafite Ubwenegihugu bw’u Burundi, Ndayirangije Étienne ari mu muryango winjira mu ikipe y’Igihugu y’u Burundi y’umupira w’amaguru [Intamba mu Rugamba].

Ndayirangije Étienne ashobora gutoza Intamba mu Rugamba

Mu masaha make ashize, ni bwo ikipe ya Bugesera FC ibicishije ku mbuga nkoranyambaga za yo, yatangaje ko yatandukanye na Ndayiragije Étienne biciye mu bwumvikane bw’impande zombi.

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko Ndayiragije ashobora guhabwa ikipe y’igihugu, Intamba mu Rugamba, asimbuye mugenzi we, Ndayizeye Jimmy usanzwe atoza Le Messager Ngozi.

N’ubwo kugeza ubu bitaratangazwa n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri iki gihugu, amakuru ahaturuka avuga ko uyu mutoza yamaze kwemezwa igisigaye ari ukubitangaza gusa.

Mu gihe havugwa ibi byose ariko, uyu mutoza we arahakana aya makuru nk’uko yabyemereye UMUSEKE, ndetse avuga ko ari amakuru y’ibihuha.

Abari hafi y’uyu mutoza bahamya ko yifuzwa n’ikipe irenze imwe, ndetse byanashoboka yanasubira mu gihugu cya Tanzania yahoze atoza.

Ati “Ni ibihuha.”

Ndayiragije yasize Bugesera FC ku mwanya wa 12 n’amanota 18.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?