BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jun 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > DRC: Minisitiri w’ubutabera yavuye kwizima yitaba ubushinjacyaha

DRC: Minisitiri w’ubutabera yavuye kwizima yitaba ubushinjacyaha

sam
Last updated: June 4, 2025 8:39 am
sam
Share
SHARE

Minisitiri w’ubutabera wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Constant Mutamba ku wa kabiri yitabye ubushinjacyaha i Kinshasa  bumuhata ibibazo  ku cyaha cyo kunyereza umutungo wa leta wari ugenewe kubaka gereza.

Constant Mutamba n’abantu benshi bamushyigikiye babonetse ku biro by’umushinjacyaha mbere y’uko yinjira ngo yitabe aherekejwe n’abunganizi mu mategeko 20, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru muri DR Congo.

Constant Mutamba yitabye urukiko nyuma yo kuvuga ko atazigera yitaba umushinjacyaha mukuru avuga ko na we ubwe hari ibyaha akekwaho.

Minisitiri  Mutamba arashinjwa kunyereza miliyoni 19 z’amadolari muri miliyoni 39 zagenewe kubaka gereza nshya i Kisangani (Tshopo).

Arashinjwa kandi gutegeka kwishyura mbere y’iyi miliyoni 19 z’amadolari mu gihembo cy’amasezerano yari yagenewe abikorera ku giti cyabo, mu gihe cyari kitaremezwa n’ubuyobozi bubifitiye ububasha.

Mu cyumweru gishize Inteko Ishingamategeko ya DR Congo yatoye ku bwiganze ko Minisitiri Mutamba akurikiranwa n’ubushinjacyaha kuri ibi byaha akekwaho nyuma yo kumwambura ubudahangarwa .

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije umunsi mukuru w’Igitambo uzwi nka EID AL ADHA.

Kuri uyu wa gatanu Abayisilamu bo hirya no hino mu gihugu bazindukiye…

Edgar wabaye perezida wa Zambia yitabye Imana ku myaka 68

Edgar Chagwa Lungu wabaye Perezida wa Zambia kuva muri Mutarama 2015 kugeza…

Abasirikare ba RDC babujijwe gushaka bataramaramo imyaka irindwi

Igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo cyategetse abasirikare bashya kuguma ari…

Tanzania yafunze urubuga rwa X irushinja gukwirakwiza amashusho y’ubusambanyi

Tanzania yafunze urubuga rwa X rwahoze ari Twitter irushinja kunyuzwaho amakuru ajyanye…

U Rwanda ana Algeria byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye

U Rwanda na Algeria byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye, azarushaho gukomeza…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Tanzania yafunze itorero rya Pantekote ryamaganye ishimutwa ry’abantu

2 Min Read
Mu mahanga

‎Ibinyamakuru byo muri RDC byabujijwe gutangaza inkuru za Kabila n’ishyaka rye

1 Min Read
Mu mahanga

Loni iratabariza abaturage ba Gaza bugarijwe n’inzara 100%

2 Min Read
Ubutabera

Minisitiri w’ubutabera wa DRC Mutamba yambuwe ubudahangarwa kubera ruswa

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?