BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

admin
Last updated: November 12, 2025 8:39 pm
admin
Share
SHARE

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo Israel ibabarire minisitiri w’intebe w’iki gihugu Benjamin Netanyahu ibyaha akurikiranyweho birimo ruswa.

Urubanza rwa Benjamin Netanyahu rwatangiye mu mwaka wa 2020 kugeza nubu rutararangira .

Netanyahu aherutse kwitaba urukiko ku wa 15 Ukwakira 2025, nyuma y’uko muri Kamena, uru rukiko rw’Akarere ka Yeruzalemu rwari rwafashe umwanzuro wo gusubika uru rubanza, nyuma yo kubisabwa na Netanyahu ndetse agasabirwa imbabazi na Perezida Donald Trump wa Amerika.

Mu ibaruwa Donald Trump yandikiye Perezida wa Israheli yamusabye ko yababarira burundu” Benjamin Netanyahu ku byaha byose akurikiranyweho bijyanye na ruswa.

yabwiye Isaac Herzog ko Minisitiri w’Intebe we Trump yabwiye Isaac Herzog ko Minisitiri w’Intebe we “yahagaze gitwari ku bwa Israheli imbere y’abanzi bakomeye kandi ko umutima we udakwiye gusitazwa n’ikindi icyo aricyo cyose”

Mu byaha Netanyahu ashinjwa harimo kwakira impano z’agaciro gahambaye mu mafaranga, divayi n’ibindi bikoresho bihenze biturutse ku bacuruzi bakomeye, mu buryo bwo gushaka indonke cyangwa inyungu zihariye.

Netanyahu kandi ashinjwa gufasha zimwe muri sosiyete z’itumanaho kubona inyungu za miliyari, na zo zikamufasha mu itangazamakuru kugira ngo abone inyungu mu bya politiki.

Ubwo yireguraga kuri ibyo byaha kuri uyu wa Gatatu, Netanyahu yahakanye ibyaha byoseashinjwa.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Iran yabonye Umuyobozi w’Ikirenga mushya nyuma y’icyumweru America na Israel bishe uwari umazeho igihe

2 Min Read
Amerika

Trump yateguje ibitero bikaze kuri Iran

1 Min Read
Amerika

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

1 Min Read
Amerika

Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?