BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

admin
Last updated: November 12, 2025 8:39 pm
admin
Share
SHARE

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo Israel ibabarire minisitiri w’intebe w’iki gihugu Benjamin Netanyahu ibyaha akurikiranyweho birimo ruswa.

Urubanza rwa Benjamin Netanyahu rwatangiye mu mwaka wa 2020 kugeza nubu rutararangira .

Netanyahu aherutse kwitaba urukiko ku wa 15 Ukwakira 2025, nyuma y’uko muri Kamena, uru rukiko rw’Akarere ka Yeruzalemu rwari rwafashe umwanzuro wo gusubika uru rubanza, nyuma yo kubisabwa na Netanyahu ndetse agasabirwa imbabazi na Perezida Donald Trump wa Amerika.

Mu ibaruwa Donald Trump yandikiye Perezida wa Israheli yamusabye ko yababarira burundu” Benjamin Netanyahu ku byaha byose akurikiranyweho bijyanye na ruswa.

yabwiye Isaac Herzog ko Minisitiri w’Intebe we Trump yabwiye Isaac Herzog ko Minisitiri w’Intebe we “yahagaze gitwari ku bwa Israheli imbere y’abanzi bakomeye kandi ko umutima we udakwiye gusitazwa n’ikindi icyo aricyo cyose”

Mu byaha Netanyahu ashinjwa harimo kwakira impano z’agaciro gahambaye mu mafaranga, divayi n’ibindi bikoresho bihenze biturutse ku bacuruzi bakomeye, mu buryo bwo gushaka indonke cyangwa inyungu zihariye.

Netanyahu kandi ashinjwa gufasha zimwe muri sosiyete z’itumanaho kubona inyungu za miliyari, na zo zikamufasha mu itangazamakuru kugira ngo abone inyungu mu bya politiki.

Ubwo yireguraga kuri ibyo byaha kuri uyu wa Gatatu, Netanyahu yahakanye ibyaha byoseashinjwa.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye

1 Min Read
Amerika

Zelenskyy yasabye Amerika gushimuta umwe mu bayobozi bo mu Burusiya

1 Min Read
Amerika

Trump yavanye Amerika mu miryango mpuzamahanga 66

1 Min Read
Amerika

Perezida wa Colombie yaburiye Amerika ishaka kumufunga nka Maduro

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?