BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Sep 1, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Congo yirukanye ku butaka bwayo abasirikare b’u Rwanda

Congo yirukanye ku butaka bwayo abasirikare b’u Rwanda

admin
Last updated: April 3, 2024 10:11 am
admin
Share
SHARE

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko yirukanye ku butaka bwayo ba Ofisiye mu ngabo z’u Rwanda bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri kiriya gihugu binyuze mu ngabo za EAC zoherejweyo.

Bikubiye mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa Mbere tariki 30 Mutarama 2023 ryashyizweho umukono n’Umuvugizi wa FARDC, Gen Maj Silvain Ekenge Bomusa Efemi.

Congo ivuga ko yasabye ubuyobozi bukuru bw’ingabo za EAC [ EACRF] gucyura abasirikare b’u Rwanda bari mu buyobozi bukuru bwazo ku mpamvu z’umutekano.

Yatangaje ko abasirikare b’u Rwanda birukanwe muri Congo babaga mu Mujyi wa Goma kandi ko bamaze kugera mu Rwanda.

Congo yavuze ko Leta y’u Rwanda yahise ihamagaza ba Ofisiye bose bari bagize Inzego z’Akarere [ EJVM] zikorera muri RDC.

Umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi ukomeje gufata intera yo hejuru ku buryo hagize ukoma rutenderi nta kabuza bakwinjira mu mirwano.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika yamaganye uburyo agahenge katubahirizwa muri RDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye uburyo agahenge katubahirizwa hagati y’impande zihanganiye…

RRA yatanze miliyoni 464 Frw TVA ku baguzi basabye fagitire za EBM

Ikigo cy’imisoro n’Amahoro (RRA), kuri uyu wa Gatanu tariki 15 kanama, cyatanze…

Pakistan: Imyuzure imaze guhitana abarenga 300

Inzego z’ubuyobozi zo muri Pakistan zavuze ko imvura nyinshi yateje imyuzure n’inkangu…

Hamenyekanye imibare y’abapfiriye mu mirwano y’Ingabo za RDC na Wazalendo

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko imirwano y’abasirikare bacyo,…

Guhura kwa perezida Trump na Putin kwateje impagarara

Abashyigikiye Ukraine babarirwa mu bihumbi bateguye imyigaragambyo yamagana umuhuro wa perezida wa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi : Umu ofisiye mukuru muri polisi akurikiranyweho gucuruza lisanse mu buryo butemewe n’mategeko

2 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore ngo baryamane

2 Min Read
Mu mahanga

Uganda: Abahoze mu gisirikare 9 bafatiwe mu cyuho bagiye mu kiraka cyo kurwana intambara Ukrain ihanganyemo n’Uburusiya

2 Min Read
Politike

Ukraine yamaramaje ko nta butaka bwayo buzomekwa ku Burusiya

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?