BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, May 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Congo yakajije umutekano ku mupaka uyihuza n’u Rwanda

Congo yakajije umutekano ku mupaka uyihuza n’u Rwanda

admin
Last updated: January 19, 2023 4:04 pm
admin
Share
SHARE
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Mutarama 2023, ku mupaka uyihuza n’u Rwanda, hatashywe utuzu 26 tw’abarinda umupaka, inzu enye zizakorerwamo ibikorwa byo kuwugenzura n’inzu z’ubwiherero enye (4) mu rwego rwo gukaza umutekano ku mupaka.

Kubaka utuzu tw’uburinzi ngo ni mubyo Perezida Tshisekedi yiyemeje

Ni igikorwa cyayobowe na Guverineri wa Kivu ya Ruguru, Lt Gen Ndima Kongba, ku mupaka wa Goma n’Akarere ka Rubavu.

Guverineri wa Gisirikare wa Kivu ya Ruguru, Lt Gen Constant Ndima Kongba yavuze ko bizafasha gukemura ibibazo by’umutekano bikunze kuhaba, ndetse no guca intege ibyaha byambukiranya imipaka.

Yagize ati “Biri mu ntego za  Perezida Felix Antoine Tshisekedi kuva yajya ku butegetsi aho ashaka kuvugurura umutekano no guca intege ibiwuhungabanya.”

Gahunda yo kubaka inyubako zigenzurirwamo umutekano w’umupaka ibaye mu gihe hashize amezi arenga arindwi umubano w’u Rwanda na Congo ujemo igitotsi.

Congo ishinja u Rwanda gushyigikira umutwe wa M23, ibintu yaba u Rwanda n’uyu mutwe bahakanye bivuye inyuma.

Hari abanyepolitiki bakomeye muri RD Congo basabye ubutegetsi bwa Tshisekedi kubaka urukuta runini rutandukanya ibihugu byombi kuva i Goma kugera mu bice bambuwe na M23.

Bavuga ko umwanzi azajya ava mu Rwanda bamureba
TUYISHIMIRE RAYMOND /  UMUSEKE.RW
Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
4 Comments
  • Leon says:
    January 19, 2023 at 5:58 pm

    Mu kanya muri izo tower barashyiramo matelas biryamire. Haraba harimo inkumi na Kanyanga. Ubundi bahanuke bagwe hasi ngo pooooo

    Reply
    • Karake Jeanine says:
      January 20, 2023 at 9:02 am

      Leon! Uradushuka utujyana mu “Izasabwe” (ibya kera). Bulya si buno. Ibuka ukuntu indege yaje ikwagwa i Rubavu maze abarinze ikibuga bakajya kwihisha kugeza ubwo yongeye ikigurukira ntawe uyibajije ikiyigenza.

      Reply
  • Amin says:
    January 21, 2023 at 6:11 am

    @ Jeanine, u are funny. Iyo ndege yo yari ije kubaza iki? Indege ya gisirikare ijya mu kindi gihugu for tourism? Uwariwe wese yabona ko ari fake pilots batazi aho bajya.

    Reply
  • Amin says:
    January 21, 2023 at 6:13 am

    @ Jeanine, u are funny. Iyo ndege yo yari ije kubaza iki? Indege ya gisirikare ijya mu kindi gihugu for tourism? Uwariwe wese yabona ko ari fake pilots batazi aho bajya.
    The government of Rwanda issued a clear statement about.

    Reply

Leave a Reply to Amin Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uhagarariye u Rwanda muri Loni yatangiye imirimo ye

Ambasaderi Martin Ngoga yashyikirije Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, impapuro zimwemerera…

Abanyamahanga batatu bakekwaho ubucuruzi bw’amafara butemewe  batawe muri yombi

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu b’abanyamahanga…

Se wabo wa Muhoozi yiyemeje ko agiye kumucyebura akamushyira ku murongo

Murumuna wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen (Rtd) Caleb Akandwanaho…

DRC: Sena  yatoye kwambura ubudahangarwa Joseph Kabila

Sena ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze kwaka ubudahangarwa Uwahoze ari…

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya gatatu cy’Abanyarwanda barenga 600 bari barafashwe bugwate na FDLR

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya 3 cy’Abanyarwanda  642 bari impunzi muri Repubulika…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

2 Min Read
Mu mahanga

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

2 Min Read
Mu mahanga

Igisirikare cya Sudani kivuga ko cyirukanye burundu umutwe wa RSF muri leta ya Khartoum

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Lt.Gen.Gervais Ndirakobuca

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?