BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > CAF yemereye Stade ya Huye kwakira amarushanwa mpuzamahanga

CAF yemereye Stade ya Huye kwakira amarushanwa mpuzamahanga

admin
Last updated: August 11, 2022 4:52 pm
admin
Share
SHARE

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yemeje ko Stade mpuzamahanga ya Huye iri mu zemerewe kwakira amarushanwa mpuzamahanga nyuma yo gusanwa.

Urwambariro rwa Stade mpuzamahanga ya Huye

Hari hashize iminsi stade mpuzamahanga ya Huye iri gukorerwamo ibikorwa byo kuyivugurura kubera ibyo itari yujuje ku rwego mpuzamahanga.

Nyuma y’ibikorwa byo gusana iyi stade mpuzamahanga, ubu CAF yemeje ko hashobora gukinirwamo imikino mpuzamahanga nyuma y’aho Amavubi yeherukaga gukinira hanze y’u Rwanda umukino wa Sénegal wo gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Afurika.

Kuba iyi stade yemewe, birasobanura neza ko APR FC, AS Kigali FC ndetse n’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, zizahakirira imikino yazo mpuzamahanga.

Umuvugizi wungirije wa Ferwafa, Jules Karangwa, aherutse kubwira UMUSEKE ko iyi stade yamaze kuvugururwa igisigaye ari uko rwiyemezamirimo ayisubiza abamuhaye isoko ubundi igatangira gukoreshwa.

Imbere mu rwambariro
Imbere muri stade mpuzamahanga ya Huye
Buri kimwe cyararangiye muri Stade mpuzamahanga ya Huye

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?