BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > CAF yemereye Stade ya Huye kwakira amarushanwa mpuzamahanga

CAF yemereye Stade ya Huye kwakira amarushanwa mpuzamahanga

admin
Last updated: August 11, 2022 4:52 pm
admin
Share
SHARE

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yemeje ko Stade mpuzamahanga ya Huye iri mu zemerewe kwakira amarushanwa mpuzamahanga nyuma yo gusanwa.

Urwambariro rwa Stade mpuzamahanga ya Huye

Hari hashize iminsi stade mpuzamahanga ya Huye iri gukorerwamo ibikorwa byo kuyivugurura kubera ibyo itari yujuje ku rwego mpuzamahanga.

Nyuma y’ibikorwa byo gusana iyi stade mpuzamahanga, ubu CAF yemeje ko hashobora gukinirwamo imikino mpuzamahanga nyuma y’aho Amavubi yeherukaga gukinira hanze y’u Rwanda umukino wa Sénegal wo gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Afurika.

Kuba iyi stade yemewe, birasobanura neza ko APR FC, AS Kigali FC ndetse n’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, zizahakirira imikino yazo mpuzamahanga.

Umuvugizi wungirije wa Ferwafa, Jules Karangwa, aherutse kubwira UMUSEKE ko iyi stade yamaze kuvugururwa igisigaye ari uko rwiyemezamirimo ayisubiza abamuhaye isoko ubundi igatangira gukoreshwa.

Imbere mu rwambariro
Imbere muri stade mpuzamahanga ya Huye
Buri kimwe cyararangiye muri Stade mpuzamahanga ya Huye

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?