BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 5, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yatije umukinnyi muri Police FC

AS Kigali yatije umukinnyi muri Police FC

admin
Last updated: December 29, 2022 11:31 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali, bubicishije ku mbuga nkoranyamabaga z’ikipe, bwatangaje ko bwamaze gutiza Kayitaba Jean Bosco mu ikipe ya Police FC.

AS Kigali yemeje ko yatije Kayitaba Jean Bosco muri Police FC

Uyu mukinnyi bitewe no kutabona umwanya uhagije, ubuyobozi nyuma yo kubyemeranyaho na nyiri ubwite ndetse n’abatoza, hafashwe icyemezo cyo kumutiza mu ikipe y’abashinzwe umutekano.

Kayitaba yatijwe igihe kingana n’amezi atandatu nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali.

Bati “Umukinnyi wacu Bosco Kayitaba, yatijwe muri Police FC mu gihe cy’amezi atandatu.”

Kayitaba utarabonye umwanya uhagije wo gukina muri AS Kigali, yayigezemo avuye muri Gasogi United mu 2019, azana na Ndekwe Félix  batanzweho miliyoni 17 Frws bombi.

Ni umusore wajyaga agira uruhare mu bitego ikipe itsinda

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abatishimiye urwego rwa Mituweli bashyizwemo bahumurijwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rurahumuriza abavuga ko bisanze mu rwego rwo kwishyura…

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Werurwe 2026, iyobowe…

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), rikorera mu Mujyi wa Kigali,…

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

Amakuru atangazwa n’itangazamakuru rya leta muri Iran aravuga ko umuhango wo gushyingura…

Abanyarwanda bari mu bihugu byugarijwe n’ibitero bya Iran baburiwe

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko Abanyarwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?