BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 18, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yatije umukinnyi muri Police FC

AS Kigali yatije umukinnyi muri Police FC

admin
Last updated: December 29, 2022 11:31 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali, bubicishije ku mbuga nkoranyamabaga z’ikipe, bwatangaje ko bwamaze gutiza Kayitaba Jean Bosco mu ikipe ya Police FC.

AS Kigali yemeje ko yatije Kayitaba Jean Bosco muri Police FC

Uyu mukinnyi bitewe no kutabona umwanya uhagije, ubuyobozi nyuma yo kubyemeranyaho na nyiri ubwite ndetse n’abatoza, hafashwe icyemezo cyo kumutiza mu ikipe y’abashinzwe umutekano.

Kayitaba yatijwe igihe kingana n’amezi atandatu nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali.

Bati “Umukinnyi wacu Bosco Kayitaba, yatijwe muri Police FC mu gihe cy’amezi atandatu.”

Kayitaba utarabonye umwanya uhagije wo gukina muri AS Kigali, yayigezemo avuye muri Gasogi United mu 2019, azana na Ndekwe Félix  batanzweho miliyoni 17 Frws bombi.

Ni umusore wajyaga agira uruhare mu bitego ikipe itsinda

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yahinduye isura mu nkengero za Point Zero

Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu bice bya Minembwe,…

Wazalendo basubiranyemo babiri bahasiga ubuzima

Intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zikomeje guhindura…

Imyigaragambyo ku Kibuga cy’Indege cya Nairobi yatumye indege zitinda

Imyigaragambyo y’abakozi ku kibuga cy’indege gikuru cya Kenya, giherereye mu murwa mukuru…

Inyubako y’ubucuruzi mu Mujyi wa Gisenyi yahiye irakongoka n’ibyarimo byose

Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako iherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka…

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

Umunyamakuru Ndayishimiye Reagan uzwi nka Rugaju Reagan yasabye imbabazi ku butumwa yagaragayemo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?