BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yatije umukinnyi muri Police FC

AS Kigali yatije umukinnyi muri Police FC

admin
Last updated: December 29, 2022 11:31 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali, bubicishije ku mbuga nkoranyamabaga z’ikipe, bwatangaje ko bwamaze gutiza Kayitaba Jean Bosco mu ikipe ya Police FC.

AS Kigali yemeje ko yatije Kayitaba Jean Bosco muri Police FC

Uyu mukinnyi bitewe no kutabona umwanya uhagije, ubuyobozi nyuma yo kubyemeranyaho na nyiri ubwite ndetse n’abatoza, hafashwe icyemezo cyo kumutiza mu ikipe y’abashinzwe umutekano.

Kayitaba yatijwe igihe kingana n’amezi atandatu nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali.

Bati “Umukinnyi wacu Bosco Kayitaba, yatijwe muri Police FC mu gihe cy’amezi atandatu.”

Kayitaba utarabonye umwanya uhagije wo gukina muri AS Kigali, yayigezemo avuye muri Gasogi United mu 2019, azana na Ndekwe Félix  batanzweho miliyoni 17 Frws bombi.

Ni umusore wajyaga agira uruhare mu bitego ikipe itsinda

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?