BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Mar 18, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yasinyishije batatu barimo umusimbura wa Bate

AS Kigali yasinyishije batatu barimo umusimbura wa Bate

admin
Last updated: July 30, 2022 1:12 pm
admin
Share
SHARE

Ku wa Gatanu tariki 29 Nyakanga 2022, ubuyobozi bwa AS Kigali bubicishije ku mbuga nkoranyambaga z’ikipe, bwatangaje ko bwasinyishije abakinnyi batatu barimo Abanya-Kenya babiri n’uwo muri Uganda umwe.

Otinda Fredrick Odhiambo ni umunyezamu uzasimbura Bate Shamiru watandukanye na AS Kigali

Abakinnyi basinyiye iyi kipe amasezerano y’imyaka ibiri, ni Satulo Edward  ukomoka muri Uganda ukina mu mutima w’ubwugarizi, Ochieng Lawrence Juma ukina hagati mu kibuga ukomoka muri Kenya n’umunyezamu nawe ukomoka muri Kenya, Otinda Fredrick Odhiambo.

Ni abakinnyi bitezweho kuzafasha iyi kipe kugera mu matsinda y’amarushanwa ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, cyane ko iyi kipe yahakomanze umwaka ushize.

Aba baraza biyongera ku bandi barimo myugariro Akayezu Jean Bosco bakuye muri Étincelles FC, Nyarugabo Moïse bakuye muri Mukura VS, Rucogoza Eliasa wavuye muri Bugesera FC na Man Yakre ukomoka muri Cameroun.

Ochieng Lawrence Juma akina hagati mu kibuga
Satulo Edward ni myugariro ukomoka muri Uganda uzasimbura Mossi wagiye muri Police FC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi

Perezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za…

Abasirikare b’u Rwanda bari bagiye gutanga ubutabazi muri Jamaica bagarukanye ishema

Abasirikare mu Ngabo z’u Rwanda bari berecyeje muri Jamaica mu butumwa bw’ubutabazi…

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we…

Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje…

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

2 Min Read
Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?