BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yasinyishije batatu barimo umusimbura wa Bate

AS Kigali yasinyishije batatu barimo umusimbura wa Bate

admin
Last updated: July 30, 2022 1:12 pm
admin
Share
SHARE

Ku wa Gatanu tariki 29 Nyakanga 2022, ubuyobozi bwa AS Kigali bubicishije ku mbuga nkoranyambaga z’ikipe, bwatangaje ko bwasinyishije abakinnyi batatu barimo Abanya-Kenya babiri n’uwo muri Uganda umwe.

Otinda Fredrick Odhiambo ni umunyezamu uzasimbura Bate Shamiru watandukanye na AS Kigali

Abakinnyi basinyiye iyi kipe amasezerano y’imyaka ibiri, ni Satulo Edward  ukomoka muri Uganda ukina mu mutima w’ubwugarizi, Ochieng Lawrence Juma ukina hagati mu kibuga ukomoka muri Kenya n’umunyezamu nawe ukomoka muri Kenya, Otinda Fredrick Odhiambo.

Ni abakinnyi bitezweho kuzafasha iyi kipe kugera mu matsinda y’amarushanwa ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, cyane ko iyi kipe yahakomanze umwaka ushize.

Aba baraza biyongera ku bandi barimo myugariro Akayezu Jean Bosco bakuye muri Étincelles FC, Nyarugabo Moïse bakuye muri Mukura VS, Rucogoza Eliasa wavuye muri Bugesera FC na Man Yakre ukomoka muri Cameroun.

Ochieng Lawrence Juma akina hagati mu kibuga
Satulo Edward ni myugariro ukomoka muri Uganda uzasimbura Mossi wagiye muri Police FC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?