BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yashyize igorora abazishyura ibihumbi 10 Frw

AS Kigali yashyize igorora abazishyura ibihumbi 10 Frw

admin
Last updated: September 15, 2022 11:16 am
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gutangaza ko abazareba umukino wo kwishyura wa AS Kigali FC na ASAS Télécom bazinjirira ubuntu, abandi bahawe ubwasisi ni abazishyura amafaranga ibihumbi 10 Frw.

AS Kigali yatanze ubwasisi ku bazishyura ibihumbi 10 Frw

Ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2022, hateganyijwe umukino wo kwishyura uzahuza ikipe ya AS Kigali FC na ASAS Télécom yo muri Djibouti mu marushanwa Nyafurika ahuza amakipe yegukanye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup.

Ubuyobozi bw’iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, buherutse gutangaza ko kwinjira ahandi hose ari ubuntu havuyemo imyanya yo mu cyubahiro.

Kuri ubu abazinjira mu myanya y’icyubahiro bazishyura ibihumbi 10 Frw ariko banahawe amahirwe yo kuzahabwa icyo kunywa no kurya mu gihe cy’ikiruhuko cy’igice cya Mbere.

Usesenguye neza ibi biciro, wasanga kwinjira mu myanya yose ari ubuntu kuko n’abazishyura ibyo bihumbi 10 Frw bazagerenerwa ibyo kunywa no kurya.

Umukino ubanza wahuje amakipe yombi, warangiye anganyije 0-0. Izasezerera indi izahita ihura na Al Nasry yo muri Libya.

AS Kigali irasabwa kuzatsinda ASAS Télécom kugira ngo yizere gukomeza

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

Abagaragaye bahondagura umukobwa mu muhanda batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu…

Iburasirazuba: Mu mwaka inzoga zitujuje ubuziranenge zishe abantu 22

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka umwe mu Ntara y’Iburasirazuba inzoga…

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa…

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
Imikino

Camarade ari mu mazi abira nyuma yo gutangariza perezida wa Gorilla FC

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?