BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali yashyize igorora abazishyura ibihumbi 10 Frw

AS Kigali yashyize igorora abazishyura ibihumbi 10 Frw

admin
Last updated: September 15, 2022 11:16 am
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gutangaza ko abazareba umukino wo kwishyura wa AS Kigali FC na ASAS Télécom bazinjirira ubuntu, abandi bahawe ubwasisi ni abazishyura amafaranga ibihumbi 10 Frw.

AS Kigali yatanze ubwasisi ku bazishyura ibihumbi 10 Frw

Ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2022, hateganyijwe umukino wo kwishyura uzahuza ikipe ya AS Kigali FC na ASAS Télécom yo muri Djibouti mu marushanwa Nyafurika ahuza amakipe yegukanye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup.

Ubuyobozi bw’iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, buherutse gutangaza ko kwinjira ahandi hose ari ubuntu havuyemo imyanya yo mu cyubahiro.

Kuri ubu abazinjira mu myanya y’icyubahiro bazishyura ibihumbi 10 Frw ariko banahawe amahirwe yo kuzahabwa icyo kunywa no kurya mu gihe cy’ikiruhuko cy’igice cya Mbere.

Usesenguye neza ibi biciro, wasanga kwinjira mu myanya yose ari ubuntu kuko n’abazishyura ibyo bihumbi 10 Frw bazagerenerwa ibyo kunywa no kurya.

Umukino ubanza wahuje amakipe yombi, warangiye anganyije 0-0. Izasezerera indi izahita ihura na Al Nasry yo muri Libya.

AS Kigali irasabwa kuzatsinda ASAS Télécom kugira ngo yizere gukomeza

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Musanze: Polisi yamennye litiro zisaga 1700 z’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge

Mu bikorwa byo kurwanya ikora, ikwirikwiza n'ikoreshwa by'ibinyobwa bitemewe, Polisi ikorera mu…

Hongeye kwaduka imirwano hagati ya Thailand na Cambodia

Ingabo za Thailand zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero byo mu kirere ku…

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?