BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali y’abagore yongeye kwimana u Rwanda

AS Kigali y’abagore yongeye kwimana u Rwanda

admin
Last updated: August 18, 2022 11:41 pm
admin
Share
SHARE

Mu mikino ihuza amakipe yabaye aya Mbere iwayo ku bagore, CAF Women’s Champions League, ikipe ihagarariye u Rwanda, AS Kigali Women Football Club, yabonye itsinzi ya Kabiri yayigejeje muri 1/2.

Usanase Zawadi yafashije AS Kigali WFC kugera muri 1/2 cya Cecafa Women’s Champions League

Ni umukino wabaye kuri uyu wa Kane. Ikipe ya AS Kigali WFC yakoze ibyo yari itegerejweho na benshi.

Iyi kipe ihagarariye u Rwanda muri aya marushanwa ari kubera muri Tanzania, yatsindiwe na rutahizamu wayo, Usanase Zawadi watsinze ibitego bitatu.

Uyu rutahizamu yabitsinze ku munota wa 12, 63, 68. Ibi bitego Usanase yatsinze byahise bihesha ikipe ye kugera muri 1/2 cy’iri rushanwa ariko binatuma yuzuza ibitego bitatu mu mikino ibiri.

N’ubwo AS Kigali WFC izakina umukino wa Gatatu mu itsinda, ariko ntibikuraho ko izahura hagati ya She Corporate ya Uganda cyangwa Simba Queen yo muri Tanzania.

Uko indi mikino yagenze:

▪︎Yei Joint Stars 6-0 Garde Républicaine

▪︎Simba Queen FC 2-0 She Corporate

▪︎ Commercial Bank Of Éthiopia 5-1 Fofila PF

AS Kigali WFC yongeye kwimana u Rwanda
Fofila PF yatsinzwe undi mukino
Commercial Bank Of Éthiopia yabonye intsinzi yayo ya Mbere

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

Abagaragaye bahondagura umukobwa mu muhanda batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu…

Iburasirazuba: Mu mwaka inzoga zitujuje ubuziranenge zishe abantu 22

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka umwe mu Ntara y’Iburasirazuba inzoga…

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa…

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
Imikino

Camarade ari mu mazi abira nyuma yo gutangariza perezida wa Gorilla FC

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?