BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali y’abagore yongeye kwimana u Rwanda

AS Kigali y’abagore yongeye kwimana u Rwanda

admin
Last updated: August 18, 2022 11:41 pm
admin
Share
SHARE

Mu mikino ihuza amakipe yabaye aya Mbere iwayo ku bagore, CAF Women’s Champions League, ikipe ihagarariye u Rwanda, AS Kigali Women Football Club, yabonye itsinzi ya Kabiri yayigejeje muri 1/2.

Usanase Zawadi yafashije AS Kigali WFC kugera muri 1/2 cya Cecafa Women’s Champions League

Ni umukino wabaye kuri uyu wa Kane. Ikipe ya AS Kigali WFC yakoze ibyo yari itegerejweho na benshi.

Iyi kipe ihagarariye u Rwanda muri aya marushanwa ari kubera muri Tanzania, yatsindiwe na rutahizamu wayo, Usanase Zawadi watsinze ibitego bitatu.

Uyu rutahizamu yabitsinze ku munota wa 12, 63, 68. Ibi bitego Usanase yatsinze byahise bihesha ikipe ye kugera muri 1/2 cy’iri rushanwa ariko binatuma yuzuza ibitego bitatu mu mikino ibiri.

N’ubwo AS Kigali WFC izakina umukino wa Gatatu mu itsinda, ariko ntibikuraho ko izahura hagati ya She Corporate ya Uganda cyangwa Simba Queen yo muri Tanzania.

Uko indi mikino yagenze:

▪︎Yei Joint Stars 6-0 Garde Républicaine

▪︎Simba Queen FC 2-0 She Corporate

▪︎ Commercial Bank Of Éthiopia 5-1 Fofila PF

AS Kigali WFC yongeye kwimana u Rwanda
Fofila PF yatsinzwe undi mukino
Commercial Bank Of Éthiopia yabonye intsinzi yayo ya Mbere

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?