BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Mar 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali vs Kiyovu Sports: Ibiciro byatangajwe

AS Kigali vs Kiyovu Sports: Ibiciro byatangajwe

admin
Last updated: December 2, 2022 12:12 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa AS Kigali, bwatangaje ibiciro byo kwinjira ku mukino wa shampiyona iyi kipe izaba yakiriye Kiyovu Sports.

AS Kigali yatangaje ibiciro byo kwinjira ku mukino uzayihuza na Kiyovu Sports

Ni umukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona, uteganyijwe kuzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo ku wa Gatandatu tariki 3 Ugushyingo 2022 Saa Cyenda z’amanywa.

Ibiciro byo kwinjira kuri uyu mukino, byagizwe ibihumbi 2 Frw ahasigaye hose, ibihumbi 5 Frw ahasakaye, ibihumbi 10 Frw mu cyubahiro (VIP) n’ibihumbi 20 Frw mu cyubahiro (V.VIP) ariko uzishyura aya akazanahabwa aho aparika ikinyabiziga cye.

Ikipe ya AS Kigali yicaye ku mwanya wa Kane, mu gihe Kiyovu Sports yo yicaye ku mwanya wa Kabiri ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona.

Mu mwaka ushize w’imikino, AS Kigali yatsinze Kiyovu umukino ubanza ibitego 4-0, indi iyitsinda uwo kwishyura igitego 1-0.

Ibiciro byo kwinjira kuri uyu mukino

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?