BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AS Kigali vs Kiyovu Sports: Ibiciro byatangajwe

AS Kigali vs Kiyovu Sports: Ibiciro byatangajwe

admin
Last updated: December 2, 2022 12:12 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa AS Kigali, bwatangaje ibiciro byo kwinjira ku mukino wa shampiyona iyi kipe izaba yakiriye Kiyovu Sports.

AS Kigali yatangaje ibiciro byo kwinjira ku mukino uzayihuza na Kiyovu Sports

Ni umukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona, uteganyijwe kuzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo ku wa Gatandatu tariki 3 Ugushyingo 2022 Saa Cyenda z’amanywa.

Ibiciro byo kwinjira kuri uyu mukino, byagizwe ibihumbi 2 Frw ahasigaye hose, ibihumbi 5 Frw ahasakaye, ibihumbi 10 Frw mu cyubahiro (VIP) n’ibihumbi 20 Frw mu cyubahiro (V.VIP) ariko uzishyura aya akazanahabwa aho aparika ikinyabiziga cye.

Ikipe ya AS Kigali yicaye ku mwanya wa Kane, mu gihe Kiyovu Sports yo yicaye ku mwanya wa Kabiri ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona.

Mu mwaka ushize w’imikino, AS Kigali yatsinze Kiyovu umukino ubanza ibitego 4-0, indi iyitsinda uwo kwishyura igitego 1-0.

Ibiciro byo kwinjira kuri uyu mukino

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?