BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ararembye nyuma yo kwenda kwikuraho imyanya y’ibinga ku bw’impanuka

Ararembye nyuma yo kwenda kwikuraho imyanya y’ibinga ku bw’impanuka

admin
Last updated: August 19, 2022 9:21 am
admin
Share
SHARE

Umugabo wo muri Ghana ari mu bihe bikomeye nyuma yo gutangaza ko yari agiye kwikuraho imyanya y’ibanga ku bw’impanuka.

Avuga ko yikebye ubugabo, ndetse igitsina cye aragikomeretsa ubwo yari mu bitotsi.

Kofi Atta arwariye mu Bitaro kuva yahura n’iriya sanganya mu ntangiriro z’uku kwezi.

BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko Kofi w’imyaka 47 yayitangarije ko arimo gushakisha ubufasha ngo abone amafaranga yo kwibagisha.

Uyu mugabo yasubiyemo uko byamugendekeye akenda kwikuraho burundu ibimuranga nk’umugabo.

Ari kwa muganga yabwiye Umunyamakuru wa BBC ati: “Nari nicaye mu ntebe ubwo nari mfashwe n’agatotsi. Nsinziriye naje kurota ndimo nkeba inyama zindi imbere.”

Inzozi ze zaje kuba impamo kuko yakangutse ari kwa muganga ariko ari we wendaga kwikuraho imyanya y’ibanga.

Ati “Ntabwo nibuka uko naje gufata icyuma.”

Yavuze ko yibuka abaturanyi be bahurijwe n’induru yavugije kandi we yarumvaga ko asinziriye. Abamutabaye bamusanze mu nzu wenyine ariko yakomeretse avirirana.

BBC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?