BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ararembye nyuma yo kwenda kwikuraho imyanya y’ibinga ku bw’impanuka

Ararembye nyuma yo kwenda kwikuraho imyanya y’ibinga ku bw’impanuka

admin
Last updated: August 19, 2022 9:21 am
admin
Share
SHARE

Umugabo wo muri Ghana ari mu bihe bikomeye nyuma yo gutangaza ko yari agiye kwikuraho imyanya y’ibanga ku bw’impanuka.

Avuga ko yikebye ubugabo, ndetse igitsina cye aragikomeretsa ubwo yari mu bitotsi.

Kofi Atta arwariye mu Bitaro kuva yahura n’iriya sanganya mu ntangiriro z’uku kwezi.

BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko Kofi w’imyaka 47 yayitangarije ko arimo gushakisha ubufasha ngo abone amafaranga yo kwibagisha.

Uyu mugabo yasubiyemo uko byamugendekeye akenda kwikuraho burundu ibimuranga nk’umugabo.

Ari kwa muganga yabwiye Umunyamakuru wa BBC ati: “Nari nicaye mu ntebe ubwo nari mfashwe n’agatotsi. Nsinziriye naje kurota ndimo nkeba inyama zindi imbere.”

Inzozi ze zaje kuba impamo kuko yakangutse ari kwa muganga ariko ari we wendaga kwikuraho imyanya y’ibanga.

Ati “Ntabwo nibuka uko naje gufata icyuma.”

Yavuze ko yibuka abaturanyi be bahurijwe n’induru yavugije kandi we yarumvaga ko asinziriye. Abamutabaye bamusanze mu nzu wenyine ariko yakomeretse avirirana.

BBC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?