BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Sep 3, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

sam
Last updated: July 5, 2025 11:17 am
sam
Share
SHARE

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas mu gihe abandi benshi baburiwe irengero.

Uyu mwuzure watewe n’umugezi wa Guadalupe wuzuye cyane mu gihe gito, uzamuka metero 7,9 mu isaha imwe gusa. Amazi yahise atangira gutwara inzu zitwarwa n’imodoka n’utubari turasenyuka.

Abashinzwe ubutabazi baracyashakisha abana bagera kuri 25 bari mu bakobwa 750 bitabiriye ibirori bya Camp Mystic, hafi y’Umujyi wa Kerrville, mu bilometero 104 uvuye i San Antonio mu majyaruguru ashyira uburengerazuba.

Ibice bitandukanye byatangajwemo ibihe bidasanzwe, nyuma y’uko imihanda myinshi isenywe n’umwuzure n’imirongo ya telefone ikangirika burundu.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, we yavuze ko ari ibyago “bitangaje” kandi “biteye ubwoba”, mu gihe Ibiro bya Perezida byasezeranyije gutanga ubufasha.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika yamaganye uburyo agahenge katubahirizwa muri RDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye uburyo agahenge katubahirizwa hagati y’impande zihanganiye…

RRA yatanze miliyoni 464 Frw TVA ku baguzi basabye fagitire za EBM

Ikigo cy’imisoro n’Amahoro (RRA), kuri uyu wa Gatanu tariki 15 kanama, cyatanze…

Pakistan: Imyuzure imaze guhitana abarenga 300

Inzego z’ubuyobozi zo muri Pakistan zavuze ko imvura nyinshi yateje imyuzure n’inkangu…

Hamenyekanye imibare y’abapfiriye mu mirwano y’Ingabo za RDC na Wazalendo

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko imirwano y’abasirikare bacyo,…

Guhura kwa perezida Trump na Putin kwateje impagarara

Abashyigikiye Ukraine babarirwa mu bihumbi bateguye imyigaragambyo yamagana umuhuro wa perezida wa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryiyongereyeho 25% muri uyu mwaka_Raporo ya Loni

2 Min Read
Amerika

Amerika yafatiye ibihano PARECO-FF yashinzwe n’uwahoze mu buyobozi bwa M23

2 Min Read
Amerika

Perezida Zelensky yamaganye gahunda yo guhura kwa Trump na Putin bahanganye

2 Min Read
Amerika

Amerika yahagaritse visa z’abayobozi ba Palestin

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?