BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Mar 16, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Amavubi U23 vs Mali U23: Ibiciro byagiye hanze

Amavubi U23 vs Mali U23: Ibiciro byagiye hanze

admin
Last updated: October 21, 2022 5:02 pm
admin
Share
SHARE

Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru [Ferwafa], ryamaze gushyira hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino uzahuza ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abatarengeje imyaka 23 na Mali.

Ibiciro byo kuzareba izi ngimbi byamaze kujya hanze

Umukino uteganyijwe kuwa Gatandatu tariki ya 22 Ukwakira 2022. Abifuza kuwureba, bamaze kumenyeshwa ibiciro byo kuwinjiraho.

Ibiciro bikubiye mu byiciro bitatu, itike ya macye ni iy’ahasigaye hose muri stade igura igihumbi 1 Frw, ahatwikiriye itike yaho iri kugurwa ibihumbi 5 Frw ahandi hazishyurwa ni mu myanya y’icyubahiro yo muri stade ya Huye itike yo kuhicara ni ibihumbi 15 Frws.

Ibi biciro byashyizwe hanze bitinze kuko abantu bibazaga ukuntu hasigaye umunsi umwe ngo umukino utangire ibiciro byayo bikaba byari bitarajya hanze.

Uyu mukino uzatangira ejo saa cyenda z’amanywa kuri stade Mpuzamahanga ya Huye. Ni imikino y’amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cy’abatarengeje iyo myaka, izabera mu gihugu cya Maroc mu mwaka utaha.

Amakipe kandi azitwara neza muri iki gikombe azitabira imikino ya Olempike izabera mu Bufaransa mu mwaka wa 2024.

Ibiciro byamaze kujya hanze

Rukimirana Trésor/UMUSEKE i Huye

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi

Perezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za…

Abasirikare b’u Rwanda bari bagiye gutanga ubutabazi muri Jamaica bagarukanye ishema

Abasirikare mu Ngabo z’u Rwanda bari berecyeje muri Jamaica mu butumwa bw’ubutabazi…

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we…

Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje…

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?