BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Amavubi U23 vs Mali U23: Ibiciro byagiye hanze

Amavubi U23 vs Mali U23: Ibiciro byagiye hanze

admin
Last updated: October 21, 2022 5:02 pm
admin
Share
SHARE

Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru [Ferwafa], ryamaze gushyira hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino uzahuza ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abatarengeje imyaka 23 na Mali.

Ibiciro byo kuzareba izi ngimbi byamaze kujya hanze

Umukino uteganyijwe kuwa Gatandatu tariki ya 22 Ukwakira 2022. Abifuza kuwureba, bamaze kumenyeshwa ibiciro byo kuwinjiraho.

Ibiciro bikubiye mu byiciro bitatu, itike ya macye ni iy’ahasigaye hose muri stade igura igihumbi 1 Frw, ahatwikiriye itike yaho iri kugurwa ibihumbi 5 Frw ahandi hazishyurwa ni mu myanya y’icyubahiro yo muri stade ya Huye itike yo kuhicara ni ibihumbi 15 Frws.

Ibi biciro byashyizwe hanze bitinze kuko abantu bibazaga ukuntu hasigaye umunsi umwe ngo umukino utangire ibiciro byayo bikaba byari bitarajya hanze.

Uyu mukino uzatangira ejo saa cyenda z’amanywa kuri stade Mpuzamahanga ya Huye. Ni imikino y’amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cy’abatarengeje iyo myaka, izabera mu gihugu cya Maroc mu mwaka utaha.

Amakipe kandi azitwara neza muri iki gikombe azitabira imikino ya Olempike izabera mu Bufaransa mu mwaka wa 2024.

Ibiciro byamaze kujya hanze

Rukimirana Trésor/UMUSEKE i Huye

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?