BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AMAFOTO: Sugira yatangiye imyitozo mu ikipe ye nshya

AMAFOTO: Sugira yatangiye imyitozo mu ikipe ye nshya

admin
Last updated: August 15, 2022 10:15 pm
admin
Share
SHARE

Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Sugira Ernest yatamgiye akazi mu ikipe ye nshya ya A; Wadga yo muri Syria.

Sugira yatangiye kumenyera

Ni nyuma yo gusinyira iyi kipe amasezerano y’umwaka umwe [2022/2023] mu ikipe yo mu Cyiciro cya Mbere muri Syria.

Sugira bivugwa ko ashobora kuzajya ahembwa umushahara ungana n’amadolari igihugu ku kwezi [1000$], yatangiye akazi kuri uyu wa Mbere.

Akigera muri Syria, uyu rutahizamu yahiwe nimero 16 yari asanzwe yambara mu makipe yose yaciyemo, cyane ko ari nayo yambara mu ikipe y’Igihugu Amavubi.

Yakiniye amakipe arimo AS Muhanga, AS Kigali [inshuro ebyiri], APR FC, Rayon Sports na AS Vita Club yo muri Répubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Sugira mu myitozo
Rutahizamu yahise atangira imyitozo
Yahawe nimero akunda
Sugira yakiriwe neza mu ikipe ye nshya

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?