BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 17, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > AMAFOTO: Sugira yatangiye imyitozo mu ikipe ye nshya

AMAFOTO: Sugira yatangiye imyitozo mu ikipe ye nshya

admin
Last updated: August 15, 2022 10:15 pm
admin
Share
SHARE

Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Sugira Ernest yatamgiye akazi mu ikipe ye nshya ya A; Wadga yo muri Syria.

Sugira yatangiye kumenyera

Ni nyuma yo gusinyira iyi kipe amasezerano y’umwaka umwe [2022/2023] mu ikipe yo mu Cyiciro cya Mbere muri Syria.

Sugira bivugwa ko ashobora kuzajya ahembwa umushahara ungana n’amadolari igihugu ku kwezi [1000$], yatangiye akazi kuri uyu wa Mbere.

Akigera muri Syria, uyu rutahizamu yahiwe nimero 16 yari asanzwe yambara mu makipe yose yaciyemo, cyane ko ari nayo yambara mu ikipe y’Igihugu Amavubi.

Yakiniye amakipe arimo AS Muhanga, AS Kigali [inshuro ebyiri], APR FC, Rayon Sports na AS Vita Club yo muri Répubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Sugira mu myitozo
Rutahizamu yahise atangira imyitozo
Yahawe nimero akunda
Sugira yakiriwe neza mu ikipe ye nshya

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?