BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Abatoza bafite Licence D mu Rwanda bashyizwe igorora

Abatoza bafite Licence D mu Rwanda bashyizwe igorora

admin
Last updated: July 23, 2022 4:17 pm
admin
Share
SHARE

Amwe mu marushanwa ategurwa n’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira, Ferwafa, agiye kugaragaramo abatoza bafite Licence D bitandukanye n’ibyari bisanzwe.

ABATOZA bafite LICENCE D

Ubusanzwe abatoza babarizwa mu Cyiciro cya Mbere n’icya Kabiri mu mupira w’amaguru mu Rwanda, usanga ubwiganze ari abafite Licence A CAF, B CAF na C CAF.

Ibi bituma abatoza bamaze gukorera Licence D batabona umwanya wo gutoza muri ibyo byiciro bibiri kuko abafite iziri hejuru yabo [A,B, C] baba ari benshi kandi akazi ari gake.

Nubwo byari bimeze gutyo, abafite Licence D nabo bagiye guhabwa ubwasisi kuko bemerewe kuzatoza amakipe azakina muri shampiyona y’icyiciro cya Gatatu nk’uko byemejwe na Komiseri ushinzwe Iterambere ry’Umupira w’Amaguru muri Ferwafa, Nkusi Edmond Marie.

Ati “Mu bisabwa, tuzibutsa amakipe ko abatoza bemerewe kuzatoza mu Cyiciro cya Gatatu, bagomba kuzaba byibura bafite Licence D.”

Uyu mukomiseri yemeje ko shampiyona y’icyiciro cya Gatatu, izatangira muri Mutarama 2023 ikazakinwa n’abakinnyi batarengeje imyaka 20, ababarizwa mu marerero n’abandi bakina mu makipe y’abato y’amakipe akina nk’ayabigize umwuga.

Edmond Nkusi uyobora Komisiyo y’Iterambere rya ruhago muri Ferwafa
Abafite Lcence D basubijwe

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?