BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 7, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > Yaryamanaga n’amasugi afite amabere ashinze:Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin yaregewe Urukiko

Yaryamanaga n’amasugi afite amabere ashinze:Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin yaregewe Urukiko

admin
Last updated: January 27, 2026 9:37 am
admin
Share
SHARE

Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin irimo byinshi abakunda inkuru zo mu Butabera bakwiriye kumenya. Ni ndende cyane ariko urebye hari abakobwa bari muri iyo dosiye akurikiranyweho kubasambanya akabishyura guhera kuri 40,000 Frw kugeza ku 100,000 Frw.

Dr Manirakiza Benjamin yasabaga ko ashyikirizwa abangavu b’abanyeshuri bakiri amasugi, bitihi se bakaba barasambanye inshuro imwe. Ikindi kandi basabwaga kuba bafite amabere ashinze. Abari muri Dosiye bavutse mu myaka itandukanye.

Hari uwavutse mu 2009, uwo mu 2007, uwo mu 2008 n’wo mu 2005. Amazina yabo muri iyi nkuru ntabwo ari buvugwe bitewe n’uko amategeko arengera abakoreweho ibyaha’Victims’atabitwemerera.

Dr Manirakiza Benjamin;Umurezi, Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya CST, kuri ubu ari mu myiteguro yo kwitaba Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge kugirango aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.Ntabwo bizwi neza niba yarashatse abamwunganira ariko igihari cyo dosiye ye yamaze kuregerwa Urukiko bityo hakaba hasigaye kuba yahabwa itariki akitaba iburana.

Duteye ijisho bimwe mu byaha akurikiranyweho bigeze kuri bine;Icyaha cyo gucura umugambi wo gukora icyaha cyo gusambanya umwana, icyaha cyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsinabitsina y’undi n’icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Gen Muhoozi yambitswe umudali w’ishimwe na se

Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yambitse umudali w’ishimwe umuhungu we akaba n’Umugaba Mukuru…

Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?

Nizzo Kaboss wamamaye muri Urban Boys yongeye kugaruka mu majwi y’abakunzi b’imyidagaduro,…

Ukekwaho kwica umuntu i Muhanga yafatiwe i Rubavu arimo gutoroka

Mu Karere ka Rubavu hafatiwe umugabo w’imyaka 40 witwa Ernest, ukekwaho kwicira…

Perezida Kagame yanenze abashinja u Rwanda gukorana na M23.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yanenze abashinja u Rwanda kuvugurura imyitwarire yarwo…

Taiwan yabaye ikibazo gikomeye mu biganiro bya Xi na Trump

Perezida w’Ubushinwa, Xi Jinping, yagiranye ikiganiro kuri telefone na Perezida wa Leta…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

Dj Toxxyk yaje kuburana ubujurire abwira Urukiko impamvu yifuza gufungurwa by’agateganyo

2 Min Read
Ubutabera

Mugisha ukekwaho kwica agonze mugenzi we, dosiye ye yoherejwe mu bushinjacyaha

2 Min Read
Ubutabera

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

2 Min Read
Ubutabera

Nyaruguru: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba asaga miliyoni 6 Frw

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?