BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > Urukiko rwemeje ko Djihad n’abo bareganwa bakomeza gufungwa

Urukiko rwemeje ko Djihad n’abo bareganwa bakomeza gufungwa

admin
Last updated: January 5, 2026 5:37 pm
admin
Share
SHARE

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bwa Djihad, Pazzo Man, Papy Nesta na Francois Xavier, rwemeza ko ibyemezo by’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro bikomeza kugira agaciro.

Bivuze ko aba bose bakomeza gufungwa by’agateganyo iminsi 30.

Ni mu rubanza rw’ubujurire rwabaye kuri uyu wa 5 Mutarama 2026. Urukiko rwasanze impamvu zituma Djihad ajurira nta shingiro zifite.

Kuri Ishimwe Francois Xavier urukiko rwasanze hari impamvu zikomeye zatuma hakekwa ko yacuruzaga amashusho y’urukozasoni bityo rusanga impamvu Urukiko Rw’Ibanze rwa Kicukiro rwashingiyeho rumufunga by’agateganyo, zifite ishingiro.

Urukiko kandi rusanga impamvu Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta yatanze nta shingiro zifite.

Ni mu gihe Kalisa John benshi bazi nka K.John bari muri dosiye imwe, we yabaye arekuwe by’agateganyo akazaburana ari hanze.

Aba bagiye gukomeza gufungwa by’agateganyo uko ari bane bakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano ari gukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi we.

Bose bari bagaragaje ko batanyuzwe n’icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro bakagaragaza ko hari ibyo rwirengagije ku makuru rwahawe mbere ubwo baburanaga.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

RCS yashyizeho umutwe w’abakomando kabuhariwe mu guhosha imyigaragambyo

4 Min Read
Ubutabera

Nyanza: Nyuma yo kumara imyaka 23 yihishe mu mwobo, yakatiwe igifungo cy’imyaka 15

2 Min Read
Ubutabera

Dore ibihano biteganywa ku buri cyaha muri bine biregwa DJ Toxxyk wagonze Umupolisi agapfa

2 Min Read
Ubutabera

Rulindo: Yafashwe iwe yarahagize indiri y’ubucuruzi bw’urumogi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?