BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Mar 2, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Masisi: AFC/M23 yafashe imidugudu 3 nyuma y’imirwano ikomeye

Masisi: AFC/M23 yafashe imidugudu 3 nyuma y’imirwano ikomeye

admin
Last updated: December 17, 2025 7:38 pm
admin
Share
SHARE

Nibura imidugudu itatu yongeye gufatwa n’inyeshyamba za AFC/M23 nyuma y’imirwano ikomeye yazihanganishije n’imitwe yitwaje intwaro yibumbiye muri Wazalendo harimo izo mu mutwe wa ACNDH.

Imirwano yabereye muri Gurupoma ya Bashali Mokoto, Sheferi ya Bashali, Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu ijoro ryo ku wa Kabiri, itariki ya 16 Ukuboza 2025.

Ku rundi ruhande muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’amasaha mirongo ine n’umunani AFC / M23 itangaje ko yemeye kuva muri Uvira, nta ngabo za yo zigeze zigaragara zihava.

Ubuzima bwa buri munsi burakomeje nk’uko bisanzwe, ariko gushidikanya birakomeje nk’uko tubikesha Kivu Morning Post.

Uyu mutwe hari ibyo wasabye mbere yo kuva muri Uvira, wanga ko hasubira FARDC cyangwa Wazalendo, kandi ntiwasobanuye neza ingengabihe y’uko izahava cyangwa ibisobanuro birambuye.

Kohereza muri Uvira “ingabo zitabogamye”, kimwe mu byo uyu mutwe usaba, ntibisobanutse neza, kandi nta mishyikirano yo kubiganiraho na Kinshasa iratangira

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

RwandAir yasubitse ingendo zijya i Doha kubera intambara yo muri Iran

Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu Kirere RwandAir yatangaje ko yasubitse…

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

Umunya-Brazil Henrique Ribeiro Bravo w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo…

Israel yongeye kugaba ibitero muri Iran

Ingabo za Israel (IDF) zongeye kugaba igitero gikomeye muri Iran nyuma y’amezi…

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wagaragaje…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

AFC/M23 yamaganye gucece kw’amahanga arebere ubwicanyi bukorerwa abasivile

1 Min Read
Umutekano

Imirwano yahinduye isura mu nkengero za Point Zero

2 Min Read
Umutekano

Wazalendo basubiranyemo babiri bahasiga ubuzima

2 Min Read
Umutekano

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?