BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Dec 9, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Abarwanyi ba M23 bageze mu bilometero 30 basatira umujyi wa Uvira 

Abarwanyi ba M23 bageze mu bilometero 30 basatira umujyi wa Uvira 

admin
Last updated: December 8, 2025 6:24 pm
admin
Share
SHARE

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye agace ka Sange gaherereye muri Teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Sange yafashwe nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya RDC ziyivuyemo.

Agace ka Sange gaherereye mu bilometero bibarirwa muri 30 uvuye mu mujyi wa Uvira wa kabiri munini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru avuga ko nta mirwano ikaze yigeze ihabera, nyuma y’uko ku Cyumweru tariki ya 7 Ukuboza Ingabo za Leta ya Congo ziharwaniye n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo hagapfa abantu babarirwa muri 37.

Bivugwa kandi ko Ingabo z’u Burundi zari ziri muri aka gace zo zahisemo guhunga zerekeza iwazo.

Sange yafashwe nyuma y’akandi gace ka Nyakabere Ingabo za AFC/M23 zigaruriye kuri uyu wa Mbere.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abarwanyi ba M23 bageze mu bilometero 30 basatira umujyi wa Uvira 

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye…

Twirwaneho yasobanuye icyayiteye guhanura kajugujugu y’abacanshuro

Umutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho watangaje ko uherutse guhanura kajugujugu yari itwawe…

Musanze: Polisi yamennye litiro zisaga 1700 z’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge

Mu bikorwa byo kurwanya ikora, ikwirikwiza n'ikoreshwa by'ibinyobwa bitemewe, Polisi ikorera mu…

Hongeye kwaduka imirwano hagati ya Thailand na Cambodia

Ingabo za Thailand zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero byo mu kirere ku…

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

2 Min Read
Umutekano

DRC:Kivu y’Amajyepfo yaramukiyemo urufaya rw’amasasu

2 Min Read
Umutekano

Ibigo mpuzamahanga bikora intwaro byacuruje arenga miliyari 679$ mu 2024.

3 Min Read
Umutekano

U Rwanda rwaganiriye n’abajyanama mu bya gisirikare bahagarariye ibihugu byabo i Kigali

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?