BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Mar 11, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

admin
Last updated: November 12, 2025 7:55 pm
admin
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo, cyane cyane mu Murenge wa Nyamaboko wo muri Gurupoma ya Osso-Banyungu.

Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, imidugudu ya Ngululu na Kataandwa niyo yibasiwe cyane n’imirwano, impande zombi zivuga ko zigaruriye ibice: Wazalendo yigaruriye Umudugudu wa Mulema, mu gihe AFC / M23 yigaruriye Umudugudu wa Karere, uherereye nko mu birometero 3 uvuye muri Centre ya Kazinga.

Hagati aho, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, mu mujyi wa Mwesso hari hatuje, nyuma y’ijoro ryumvikanyemo amasasu yateye ubwoba abaturage nk’uko bitangazwa na Radio Okapi.

Biravugwa ko Inyeshyamba za AFC / M23 zarashe mu kirere nyuma yo kumenya urupfu rw’umwe mu basirikare bakuru ba yo, wiciwe mu gico cya Wazalendo ku muhanda wa Mokoto-Kibarizo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

2 Min Read
Umutekano

AFC/M23 yamaganye gucece kw’amahanga arebere ubwicanyi bukorerwa abasivile

1 Min Read
Umutekano

Imirwano yahinduye isura mu nkengero za Point Zero

2 Min Read
Umutekano

Wazalendo basubiranyemo babiri bahasiga ubuzima

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?